• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

minebwenews by minebwenews
August 13, 2024
in Regional Politics
0
I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni umuhango ukozwe ku nshuro ya 20, aho Abanyamulenge bari hirya no hino ku isi bibutse ababo ba guye mu Gatumba, ahagana mu mwaka w’ 2004, bityo ni Nakivale bakaba bibutse.

Kw’ibuka muri Nakivale ho mu gihugu cya Uganda, umuhango wabereye mu itorero rya New Jerusalem riyobowe na Reverend Joseph Mwumvirwa.

Muri uyu muhango wo kw’ibuka aba Banyamulenge 165 baguye mu Gatumba, Bishop Lawis Muhoza wabwirije ijambo ry’Imana, yavuze ko Abanyamulenge ko bari bakwiye kugira ubumwe kugira ngo babone uburyo bwiza “bwo kwinginga Imana kugira ngo ibakirize igihugu cyabo kirimo intambara zikomeye.”

Yagize ati: “Nti wahendahenda Imana ngo ikumve ufite amacakubiri. Dusabwa kugira ubumwe, kandi tukareba kure ku hazoza hejo ha Banyamulenge.”

Bishop Lewis Muhoza yanakunguriye Abanyamulenge gukorera hamwe no kugira iyerekwa ku gihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nyuma, Reverend Joseph Mwumvirwa wari unayoboye uyu muhango, yaje kuvuga ko Abanyamulenge bari i Nakivale ko bagomba gutekereza kure gusumba ibyo bari gucamo uyu munsi. Ndetse aza no kuvuga ko hagomba kuba imisanzu izaja yoherezwa i Mulenge kugira ngo ije gufasha Abanyamulenge basamburiwe i Mihana bakaba bari mu mazu y’inshuti n’abavandimwe babo mu Minembwe, i Ndondo ya Bijombo n’ahandi.

Joseph Mwumvirwa yanashimangiye ibi abwira abari muri uyu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba ko bagomba gukora ibishoboka byose bakarwana mu buryo bwose bushoboka, kugira ngo bazagere ku mahoro arambye mu gihugu cyabo.

Yagize ati: “Njyewe, si mbahisha ndi Twirwaneho ijana ku ijana, kandi igihe cyose nshobora kurwana. Kurwana si ugufata imbunda gusa, oya, dushobora kurwana dusenga, dutanga imisanzu, ndetse kandi dushobora no gutabara.”

Uyu mushumba mukuru w’itorero rya New Jerusalem, yanavuze ko ku rwana bikorwa mu buryo bwinshi, ariko asaba ko uko abantu barwana kose bagomba kurwana kugira ngo Abanyamulenge n’abandi Banye-kongo bose muri rusange bazagere ku gihugu gifite amahoro n’umutekano birambye.

Tubibutsa ko uyu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba muri Nakivale, bawuhaye insanganyamatsiko igira iti: “Kw’ibuka ubwicanyi bwa korewe Abanyamulenge mu 2004 mu Gatumba: Imyaka 20 yakarengane no kudahana.”

Igitangaje, kugeza ubu Abanyamulenge bafite ababo baguye mu Gatumba, ntibarabona ubutabera, hubwo bakomeje kwicwa mu Burasirazuba bwa RDC bazira ubwoko bwabo.

                MCN.
Tags: AbanyamulengeGatumbaKwibuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

Nyanduhura uri mu barokotse ubwicanyi bwa Gatumba, yatanze ubuhamya bukomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?