• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amakuru ataravuzwe ku mirwano iheruka kubica biracika muri teritware ya Mwenga.

minebwenews by minebwenews
August 17, 2024
in World News
0
Amakuru ataravuzwe ku mirwano iheruka kubica biracika muri teritware ya Mwenga.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ataravuzwe ku mirwano iheruka kubica biracika muri teritware ya Mwenga.

You might also like

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Ni urugamba rwabaye hirya y’ejo, tariki ya 15/08/2024, aho rwari ruhanganishije impande zibiri zabarwanyi ba Maï Maï, mu bice byo muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Aya makuru avuga ko iy’i mirwano ko yatangiye igitondo cyo ku wa Kane, igeza isaha z’igicamunsi cyo kuri uwo munsi.

Ni imirwano yarimo kubera mu gace kitwa Muhuzi ko muri Secteur ya Itombwe, ho muri teritware ya Mwenga. Mu makuru yabashye kuja hanze ku byerekeye iyi mirwano yo gusubiranamo kw’abarwanyi ba Maï Maï, avuga ko yabaye mu gihe uruhande rumwe rwapfaga n’urundi ubuyobozi.

Nk’uko byavuzwe, buri ruhande rwumvaga ari rwo rugomba kugenzura aka gace ka Muhuzi gasanzwe gatuwe n’abaturage ba Banyindu, Abapfulero n’Ababembe batari benshi cyane, ariko kakaba karangwamo uduce bacukuramo amabuye y’agaciro.

Iz’impaka zaje gukurura ukutumvikana gukomeye maze birangira havutse intambara ikaze, ariko nk’uko aya makuru akomeza avuga ntaruhande rwirukanye urundi muri aka gace kuko kugeza ubu, buri ruhande ruracashamiranye n’urundi.

Hagati aho, iyo mirwano yatumye abaturage bo bahababarira kuko abenshi byarangiye bahungiye mu mashyamba yo muri ibyo bice, ndetse abandi bake bahungira mu bice bya Mikenke ahasanzwe hari ikambi y’impunzi zirimo n’Abanyamulenge.

Si ubwa mbere Maï Maï isubiranamo, kuko ibyo bibaye inshuro nyinshi, kandi ahanini usanga Maï Maï isubiranamo kubera gupfa ubuyobozi.

             MCN.
Tags: gusubiranamoImirwanoItombweMaï MaïMuhuzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo za FARDC mu misozi miremire y’Imulenge.

Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n'ingabo za FARDC mu misozi miremire y'Imulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?