Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amakuru ataravuzwe ku mirwano iheruka kubica biracika muri teritware ya Mwenga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 17, 2024
in World News
0
Amakuru ataravuzwe ku mirwano iheruka kubica biracika muri teritware ya Mwenga.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ataravuzwe ku mirwano iheruka kubica biracika muri teritware ya Mwenga.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni urugamba rwabaye hirya y’ejo, tariki ya 15/08/2024, aho rwari ruhanganishije impande zibiri zabarwanyi ba Maï Maï, mu bice byo muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Aya makuru avuga ko iy’i mirwano ko yatangiye igitondo cyo ku wa Kane, igeza isaha z’igicamunsi cyo kuri uwo munsi.

Ni imirwano yarimo kubera mu gace kitwa Muhuzi ko muri Secteur ya Itombwe, ho muri teritware ya Mwenga. Mu makuru yabashye kuja hanze ku byerekeye iyi mirwano yo gusubiranamo kw’abarwanyi ba Maï Maï, avuga ko yabaye mu gihe uruhande rumwe rwapfaga n’urundi ubuyobozi.

Nk’uko byavuzwe, buri ruhande rwumvaga ari rwo rugomba kugenzura aka gace ka Muhuzi gasanzwe gatuwe n’abaturage ba Banyindu, Abapfulero n’Ababembe batari benshi cyane, ariko kakaba karangwamo uduce bacukuramo amabuye y’agaciro.

Iz’impaka zaje gukurura ukutumvikana gukomeye maze birangira havutse intambara ikaze, ariko nk’uko aya makuru akomeza avuga ntaruhande rwirukanye urundi muri aka gace kuko kugeza ubu, buri ruhande ruracashamiranye n’urundi.

Hagati aho, iyo mirwano yatumye abaturage bo bahababarira kuko abenshi byarangiye bahungiye mu mashyamba yo muri ibyo bice, ndetse abandi bake bahungira mu bice bya Mikenke ahasanzwe hari ikambi y’impunzi zirimo n’Abanyamulenge.

Si ubwa mbere Maï Maï isubiranamo, kuko ibyo bibaye inshuro nyinshi, kandi ahanini usanga Maï Maï isubiranamo kubera gupfa ubuyobozi.

             MCN.
Tags: gusubiranamoImirwanoItombweMaï MaïMuhuzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo za FARDC mu misozi miremire y’Imulenge.

Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n'ingabo za FARDC mu misozi miremire y'Imulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?