• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyago bikomeye ngo byaba bitegerejwe kwibasira igihugu cya Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe na komiseri w’u Burayi ushinzwe iby’ingufu, Kadri Simson, aho yavuze ko igihugu cya Ukraine kigiye guhura n’ikibazo cy’imbeho idasanzwe nyuma y’ibitero bikaze by’ingabo z’u Burusiya biri kugabwa ku bigo bitanga amashanyarazi, n’ibindi.

Muri iki kiganiro, bwana Kadri yahaye igitangaza makuru cya Financial Times, yagize ati: “Biteganijwe ko nyuma y’ibitero by’ingabo z’u Burusiya ku bigo by’ingufu z’igihugu cya Ukraine, hateganijwe ko iki igihugu kizahura n’imbeho itoroshye kuva ibikorwa bya gisirikare bidasanzwe byatangira.”

Ni mu gihe ingabo z’u Burusiya zikomeje kuja imbere zihereye mu Burasirazuba bwa Ukraine.

Mu mpera z’i Cyumweru dusoje, u Burusiya bwavuze ko ingabo zabwo zafashe umujyi wa Serhiivka.

Ibi byanatumye izi ngabo z’u Burusiya zirushaho kwegera umujyi wa Pokrvsk, ihuriro ry’ingenzi cyane ry’ibikoresho riri ku muhanda munini unyuzwamo ibikoresho by’ingabo za Ukraine mu rugamba rwo mu Burasirazuba.

Kimweho kandi Ingabo za Ukraine nazo zikomeje gutera intambwe zinjira mu gihugu imbere mu gihugu cy’u Burusiya aho ziherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Gusa, ntacyo perezida Vladimir Putin aratangaza kuva igisirikare cya Ukraine giteye iki gihugu cye, usibye ko aherutse kuvuga ko ari kurwana na NATO. Ku munsi w’ejo hashize uyu mukuru w’igihugu cy’u Burusiya yakoresheje inama y’abayobozi bakuru b’ingabo z’igihugu cye, ariko ntacyo kiratangazwa ku cyo yaba yaravuze ku ngabo za Ukraine zateye iki gihugu.

Ariko amakuru avuga ko ingabo z’u Burusiya ko zikomeje kongera ibitero muri Ukraine kandi ahanini zibigaba ku bigo by’ingufu.

Ndetse kandi igihugu cya Beyelorusiya kizwhiho kuba inshuti yakataraboneka n’u Burusiya, cyoherereje ingabo nyinshi ku mupaka wa Ukraine aho abasirikare ba Ukraine baciye binjira m’u Burusiya kandi u Burusiya bukaba bumaze iminsi bwimura abaturage babwo muri kariya karere kegereye ahari kubera imirwano.

Ibyo bikaba bivuzwe mu gihe kandi Ukraine ikomeje kwinubira ko umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi uri kwanga kongera ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga biza muri Ukraine.

          MCN.
Tags: IbyagoU BurusiyaUkraine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru mashya y’igipolisi cy’u Rwanda ajanye n’imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

Havuzwe amakuru mashya y'igipolisi cy'u Rwanda ajanye n'imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?