Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bitatu byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibihugu bitatu byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu bitatu byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni abayobozi bo mu bihugu bihuriye mu muryango wa NCIP(Northern Corridor Integration Projects) aribyo u Rwanda, Kenya na Uganda bahuriye i Kigali mu Rwanda mu nama igamije gusuzuma ibyagezweho no kureba imishinga ihuriweho mu rwego rwo kurinda umutekano mu bihugu bigize uyu muryango.

Iy’inama n’iyiminsi ibiri aho yatangiye tariki ya 05/09/2024, yanarebeye hamwe ubufatanye mu bwirinzi mu rwego rw’amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare ibi bihugu kwari bitatu byamaze gushyiraho umukono.

Aya masezerano akubiyemo ubufatanye mu gukumira amakimbirane, ku yacunga no kuyakemura, gukumira genocide, kurwanya iterabwaba, kurwanya no guhashya ba rushimusi, ibikorwa byo gushyigikira amahoro, kugabanya ingaruka z’ibiza no kubicunga, guhangana n’ibibazo, kugenzura ikwirakwizwa ry’intwaro nto n’izitemewe n’amategeko, kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka , gukusanya no gusangira amakuru ku iterabwaba rigaragara kandi rihari.

Uhagarariye u Rwanda muri iyi nama, Brig Gen Celestin Kanyamahanga, umunyamabanga uhoraho wa minisiteri y’ingabo, yashimangiye akamaro k’iyi nama avuga ko igaragaza imbogamizi n’intsinzi byagaragaye mu ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo byafashwe mbere.

Yasabye abitabiriye iyi nama kugira uruhare rugaragara mu biganiro byifashisha ubumenyi mu gukemura uburyo rusange bugamije inyungu z’ibihugu bigize uyu muryango.

Abitabiriye bongeye gushimangira ko ari ngombwa gukomeza ubufatanye mu bijanye n’ingabo, cyane cyane mu myitozo ya gisirikare, imyitozo ihuriweho n’ibikorwa bya gisirikare, gusangira amakuru, ubushakashatsi no guteza imbere inganda zijyanye n’igisirikare.

           MCN.
Tags: KenyaRwandaUganda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?