• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.

minebwenews by minebwenews
September 14, 2024
in Regional Politics
0
U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu gihugu cy’u Burundi hari ikena ry’imiti ivura abarwaye n’ihari igatangwa ku giciro kiri ku rugero rutarigera rubaho n’ikindi gihe muri iki gihugu, nk’uko byatangajwe n’abagize inama nshinga mategeko, nyuma y’uko bakoze ingendo mu ntara zitandukanye zo muri iki gihugu.

Bavuga ko n’abafite ikarita itangwa na Leta yo kwivurizaho ikoreshwa n’abakozi ba Leta n’abandi benegihugu bayifitiye uburenganzira, usanga n’abo bariha amafaranga y’umurengera kubera ikena ry’imiti ariko baharanira gusa ko bovurwa.

Gusa minisiteri y’ubuzima yo muri iki gihugu, yavuze ko icyo kibazo ko kiri gushakirwa umuti.

Kandi ko ibyo aribyo byatumye hatorwa iyi komisiyo irimo abakora mu nteko ishinga amategeko n’abakora mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu, basabwa gukora ingendo zigamije gusuzuma icyo kibazo uko gihagaze mu ntara zigize iki gihugu.

Ivuga kandi ko “basanze ishirahamwe rivura abakozi ba Leta, rizwi nka ‘Mutuelle de Sante Public’ rihanzwe n’ubukene budasanzwe bw’ikena ry’imiti, kandi ko mu gihe hagize n’ibonetse, nayo igahenda cyane.”

Nyuma yuko iki kibazo kimaze kubonwa n’inteko ishinga mategeko, bicyaje minisiteri y’ubuzima bayiganiriza icyo kibazo cyikena ry’imiti mu gihugu hose, ndetse kandi ngo bigana hamwe uko byo kemuka n’uko bobishakira umuti urambye.

Imwe mu nzira yatanzwe yo gukemura iki kibazo, harimo ko bahaye ishirahamwe rya CAMEBU isoko yokugura imiti barisaba kandi ko rigomba gufatikanya n’ir’ishirahamwe ryo kuvuza abakozi ba Leta (Mutualite de la Sante Public) n’ubwo haribyo badahuriza hamwe, nk’uko bivugwa na minisiteri y’ubuzima.

          MCN.
Tags: BurundiIgiciro cyo hejuruIkena ry'imiti
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwarahiye, ruvuga ko rutazagwa mu mutego RDC ishaka kubashyiramo.

U Rwanda rwarahiye, ruvuga ko rutazagwa mu mutego RDC ishaka kubashyiramo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?