Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila ugize igihe atigisa ubutegetsi bwa Kinshasa yakiriwe muri kimwe mu bihugu bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2024
in Regional Politics
0
Kabila ugize igihe atigisa ubutegetsi bwa Kinshasa yakiriwe muri kimwe mu bihugu bikomeye.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila ugize igihe atigisa ubutegetsi bwa Kinshasa yakiriwe muri kimwe mu bihugu bikomeye.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bivugwa ko yakiriwe i Bruxelles mu Bubiligi ho ku mugabane w’u Burayi.

Mu minsi mike ishize nibwo Joseph Kabila wayoboye iki gihugu cya RDC yambutse imipaka y’iki gihugu mu buryo bamwe mu bategetsi ba Kinshasa bavugaga ko yahunze, nyuma y’uko atari akivugarumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ahanini yashinjwaga gushyigikira AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Kabila yayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo, imyaka 18, aza gutsimburwa na Tshisekedi uriho kuri none.

Usibye Tshisekedi washinje Kabila gushyigikira AFC, n’abandi bategetsi b’iki gihugu barimo na Christophe Lutundula wahoze ari minisitiri w’ubabanye n’amahanga yavuze ko uyu mugabo ashobora no gutabwa muri yombi azira gushyigikira ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC.

Kuri ubu, amakuru ava muri RDC avuga ko Joseph Kabila yakiriwe i Bruxelles mu Bubiligi.

Aya makuru anavuga ko ahagana tariki ya 12/09/2024, kwaribwo yakiriwe muri iki gihugu giherereye ku mu gabane w’u Burayi.

Kimweho, ibyo Joseph Kabila yaba yaraganiriye n’abategetsi b’u Bubiligi ntibiramenyekana.

Binavugwa ko u Bubiligi ko bwaba bumaze gutakariza icyizere perezida Félix Tshisekedi, muri ubwo buryo ngo bukaba bwatangiye gutegura uzamutsimbura.

             MCN.
Tags: Joseph KabilaYageze mu Bubiligi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?