• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’u Burayi bwagize icyo buvuga kuri RDC iheruka gukatira abantu 37 igihano cy’urupfu.

minebwenews by minebwenews
September 18, 2024
in Regional Politics
0
Ubumwe bw’u Burayi bwagize icyo buvuga kuri RDC iheruka gukatira abantu 37 igihano cy’urupfu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubumwe bw’u Burayi bwagize icyo buvuga kuri RDC iheruka gukatira abantu 37 igihano cy’urupfu.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wamaganye igihano cy’urupfu urukiko rukuru rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ruherutse gukatira abagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi mu mezi make ashize uyu mwaka.

Abantu 37 nibo uru rukiko rwa katiye igihano cy’urupfu barimo abanyamahanga batandatu. Bahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi, iterabwoba, gutera inkunga iterabwaba no gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko.

Ibi byaha bifitanye isano n’igerageza ryo gukura perezida Tshisekedi ku butegetsi ryayobowe n’umunye-Congo wari ufite ubwenegihugu bw’ububiligi, Christian Malanga, tariki ya 19/05/2024.

Urwego rw’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi rushinzwe ububanyi n’amahanga tariki ya 16/09/2024, rwategetse ko rutemera na gato igihano cy’urupfu inkiko zo muri Congo Kinshasa zikomeje gukatira abantu, rugaragaza ko kibambura uburenganzira bwo kubaho.

Rwasobanuye ko uyu muryango uzakomeza kuganiriza ubutegetsi bwa Kinshasa kugirango butazashyira mubikorwa iki gihano.

Mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka nibwo RDC yasubijeho igihano cy’urupfu cyari cyarahagaritswe ubwo Joseph Kabila yari ategetse iki gihugu hagati mu 2003.

RDC mu kugisubizaho yasobanuye ko biri mu rwego rwo guca intege ibyaha by’ubugambanyi bukomeje kwiyongera.

Mu gihe Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wo uvuga ko gusubizaho iki gihano ari intambwe isubira inyuma ku butabera, inasaba Leta ya Kinshasa kongera kugikuraho.

           MCN.
Tags: Cy'urupfuIgihanoRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwashyize umugambi wa Tshisekedi ku karubanda kubyerekeye abajenosideri ashaka kwakira .

U Rwanda rwashyize umugambi wa Tshisekedi ku karubanda kubyerekeye abajenosideri ashaka kwakira .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?