Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hatanzwe umucyo ku matungo yaraye yibwe mu Mikenke.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 21, 2024
in Uncategorized
0
Hatanzwe umucyo ku matungo yaraye yibwe mu Mikenke.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku matungo yaraye yibwe mu Mikenke.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21/09/2024, mu gahana kari hafi y’inkambi y’abakuwe mu byabo bacyumbikwe mu Mikenke, abajura bahibye amatungo y’ihene y’umugabo w’umupfulero, bishaka kuzana amakimbirane hagati y’aba bakuwe mu byabo n’Abapfurelo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko “hibwe ihene icumi,” kandi mbere y’uko zivanwa mu gipango cyazo, abazibye babanje gufungira ingufuri ku rugi rwanyiri kwibwa, ubundi barazishorera.

Byabaye ahagana isaha ya saa tanu zija gushyira muri saa sita z’ijoro. Nyuma uyu mugabo yaje gutabaza akoresheje ‘guhamagara,’ abaturanyi be, n’ubundi bo mu bwoko bwe bw’Abapfulero, baramutabaye. Ako kanya akimara kubabwira ko yibwe ihene icumi, niko guhita berekeza mu nkambi y’impunzi iri aho hafi; ahanini icyumbikiwemo n’Abanyamulenge, Abapfulero n’Ababembe bavanwe mu byabo n’intambara zayogoje aka karere.

Aya makuru akomeza avuga ko “nyirikwibwa n’abamutabaye mu kugera muri iy’inkambi, bibasiye insoresore z’Abanyamulenge.” Babwira ubuyobozi bw’iyi nkambi gukora umusako ku basore bayibamo, ariko uwo musako ukorwa gusa ku Banyamulenge.
Gusa abaje gusangwa badahari, byavuzwe ko bazindutse, ibyo aba Bapfulero batigeze bumva kugeza ubu, kuko bahise bashinjwa kuba inyuma y’ubwibyi bubera muri ibyo bice.
Kugeza ubu nta muntu uratabwa muri yombi, usibye ko byazanye umwuka mubi hagati y’ay’amoko (Abapfulero n’Abanyamulenge).
Hagati aho, ibyo bibaye mu gihe aha hari umutekano usa n’uhagaze neza n’ubwo ibyo muri ibi bice bihinduka umunota ku wundi.

Tu bibutsa ko inkambi ya Mikenke, icyumbikiwemo abahunze intambara ya Kamombo, Mikarati, Turambo n’ahandi, iherereye muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

             MCN.
Tags: IcumiIheneMikenkeZibwe
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

Umubare w'abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?