• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hatanzwe umucyo ku matungo yaraye yibwe mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
September 21, 2024
in Uncategorized
0
Hatanzwe umucyo ku matungo yaraye yibwe mu Mikenke.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku matungo yaraye yibwe mu Mikenke.

Igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21/09/2024, mu gahana kari hafi y’inkambi y’abakuwe mu byabo bacyumbikwe mu Mikenke, abajura bahibye amatungo y’ihene y’umugabo w’umupfulero, bishaka kuzana amakimbirane hagati y’aba bakuwe mu byabo n’Abapfurelo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Amakuru avuga ko “hibwe ihene icumi,” kandi mbere y’uko zivanwa mu gipango cyazo, abazibye babanje gufungira ingufuri ku rugi rwanyiri kwibwa, ubundi barazishorera.

Byabaye ahagana isaha ya saa tanu zija gushyira muri saa sita z’ijoro. Nyuma uyu mugabo yaje gutabaza akoresheje ‘guhamagara,’ abaturanyi be, n’ubundi bo mu bwoko bwe bw’Abapfulero, baramutabaye. Ako kanya akimara kubabwira ko yibwe ihene icumi, niko guhita berekeza mu nkambi y’impunzi iri aho hafi; ahanini icyumbikiwemo n’Abanyamulenge, Abapfulero n’Ababembe bavanwe mu byabo n’intambara zayogoje aka karere.

Aya makuru akomeza avuga ko “nyirikwibwa n’abamutabaye mu kugera muri iy’inkambi, bibasiye insoresore z’Abanyamulenge.” Babwira ubuyobozi bw’iyi nkambi gukora umusako ku basore bayibamo, ariko uwo musako ukorwa gusa ku Banyamulenge.
Gusa abaje gusangwa badahari, byavuzwe ko bazindutse, ibyo aba Bapfulero batigeze bumva kugeza ubu, kuko bahise bashinjwa kuba inyuma y’ubwibyi bubera muri ibyo bice.
Kugeza ubu nta muntu uratabwa muri yombi, usibye ko byazanye umwuka mubi hagati y’ay’amoko (Abapfulero n’Abanyamulenge).
Hagati aho, ibyo bibaye mu gihe aha hari umutekano usa n’uhagaze neza n’ubwo ibyo muri ibi bice bihinduka umunota ku wundi.

Tu bibutsa ko inkambi ya Mikenke, icyumbikiwemo abahunze intambara ya Kamombo, Mikarati, Turambo n’ahandi, iherereye muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

             MCN.
Tags: IcumiIheneMikenkeZibwe

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

Umubare w'abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?