• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
September 21, 2024
in Regional Politics
0
Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’abagore bahohotewe ubwo imfungwa zaraswaga muri gereza ya Makala, wamenyekanye.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni ibyatangajwe n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage (UNFP), ryemeza ko ‘abagore bafashwe ku ngufu’ ubwo imfungwa zageragezaga gucika gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa ari 268.

Iri shami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage, ryasobanuye ko muri aba bagore harimo abasambanyijwe kugahato ndetse n’abakorewe irindi hohoterwa rishyingiye ku gitsina. Hari mu rukerera rwo ku itariki ya 02/09/2024 nibwo zimwe mu mfungwa zo muri iyi gereza zageragezaje gutoroka. Ubuyobozi bwa RDC bwasobanuye ko izigera kuri 131 zapfuye, izindi zirenga 50 zigakomereka.

Ubwo hatangiraga urubanza rw’abakekwaho gutegura umugambi wo gushaka gutoroka n’ibindi byaha byajyaniranye n’iki gikorwa, minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba yasobanuye ko imfungwa z’abagore 48 ari zo zahohotewe.

Raporo ya UNF yagaragaje ko mu masaha 72 aba bagore basambanyijwe, bahawe imiti ibarinda gusama n’iyica agakoko gatera sida, ariko ko nta bujyanama bukwiye bahawe kugeza tariki ya 11/09/2024.

Gereza nkuru ya Makala, ubwo izi mfungwa zageragezaga gucika yari ifungiwemo izigera ku 15.005 zirimo abagore 348. Iyi gereza yubatswe mu 1957, ifite ubushobozi bwo gucumbikira imfungwa 1500.

Ibyo si ubwa mbere byari bivuzwe mu magereza yo muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, kuko mu 2020 ubwo icyumba cy’abagore muri gereza ya Kasapa ho muri Lubumbashi cyafatwaga n’inkongi y’umuriro, abagore bamaze iminsi itatu barara hanze, kandi bagasambanywa ku ngufu n’abapolosi babacunga.

Umuryango wa Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu usaba Leta ya Kinshasa gushyiraho ingamba zihamye zo kurinda imfungwa z’abagore ihohoterwa iryo ari ryo ryose zikorerwa.

            MCN.
Tags: AbagoreBafashwe ku ngufuBahohoteweGereza nkuru ya MakalaUmubareWamenyekanye
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Umugaba mukuru w'ingabo za UPDF, Muhoozi, yagize icyavuga gikaze ku matora yo mu 2026 muri Uganda .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?