Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusaza wari ufunzwe azira drone yaburiwe irengero yafunguwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 30, 2024
in Regional Politics
0
Umusaza wari ufunzwe azira drone yaburiwe irengero yafunguwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusaza wari ufunzwe azira drone yaburiwe irengero yafunguwe.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Umusaza w’umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 70 y’amavuko wari wafunzwe n’ingabo za FARDC mu Minembwe, ashinjwa akadege ka FARDC kabuze yafunguwe.

Yitwa Zakayo avuka mu muryango wa Bahiga; ku munsi w’ejo hashize tariki ya 29/10/2024 nibwo yarekuwe nyuma y’uko yari amaze iminsi irindwi afunzwe.

Tariki ya 22/10/2024, uyu Zakayo nibwo yafashwe n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zo muri brigade ya 21 mu Minembwe.

Ifatwa rye, riva kukuba hari akadege k’izi ngabo za RDC koherejwe ku itari ya 21/10/2024 muri patrol, kaza kuburigwa irengero, nyuma yaho iz’i ngabo ziza gushinja uyu musaza w’umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 70 y’amavuko kuba nyiribayazana w’ibura ryako.

Ubuhamya bwatanzwe icyo gihe, bwavugaga buti: “Zakayo yatawe muri yombi. FARDC iramushinja drone yabo yabuze ubwo yari igeze ku Runundu rw’Abakomite.”

Yabanje gufungirwa muri kontineri, nyuma yaho bamushyira munzu iraha ku cyicaro cya brigade muri centre ya Minembwe.

MCN, ubutumwa buri mu majwi yahawe, buvuga ko Zakayo yafunguwe mu gihe umuryango we wabanje gutanga amafaranga, angana na $ 500 ahabwa ingabo za FARDC zari zimufunze.

Gusa ikibabaje, nk’uko byakomeje kuvugwa n’uko mwifungwa rya Zakayo yahohotewe cyane, ni mu gihe yamenwagaho amazi, ahandi agakubitwa inkoni nyinshi.

Ariko nubwo yarafunzwe, ndetse agirirwa nanabi anakwa n’amafaranga bivugwa ko atigeze ahamwa n’icyaha.

Ikindi kandi, kugeza ubu ako kadege ntikaraboneka, nk’uko amakuru ava mu Minembwe abivuga.

Tags: DroneMinembweZakayo
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?