• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yabajijwe icyo yenda gukora ngo agaruze imijyi irenga 120 imaze gufatwa.

minebwenews by minebwenews
November 5, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Félix Tshisekedi yabajijwe icyo yenda gukora ngo agaruze imijyi irenga 120 imaze gufatwa.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yabajijwe icyo yenda gukora ngo agaruze imijyi irenga 120 imaze gufatwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Martin Fayulu watanze ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, abaza perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi icyo ateganya gukora kugira ngo yisubize ibice avuga ko bigera ku 120 umutwe wa m23 wafashe mu Burasirazuba bwa RDC.

Yabajije ibi bibazo abayobozi ba RDC niba badashobora kurengera ubusugire bw’igihugu kandi abaza niba itegeko nshinga ribuza perezida kubwiza ukuri Abanyekongo kungamba zafatwa zo kugarura umutekano muri iki gihugu byumwihariko mu Burasirazuba bwacyo.

Ibyo bwana Martin Fayulu, umunyapolitiki utavugarumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, yabibajije mu gihe umutwe wa m23 ukomeje kwigarurira ibindi bice, ni mu gihe no ku Cyumweru tariki ya uyu mutwe wafashe umujyi wa Kamandi Gite uherereye muri teritware ya Lubero.

Uwo mujyi wafashwe nyuma y’indi mijyi mito n’iminini nanone m23 yabohoje mu mirwano iheruka kubera i Walikale.
Ifatwa rya Kamandi Gite ryafunguye inzira igana mu mujyi wa Beni kandi itanga uburyo bwo kugera ku kiyaga cya Edward, ku mupaka na Uganda, bityo bituma impungenge ziyongera ku mitwe yitwaje intwaro ihakorera.

Hagati aho, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko gitegereje amabwiriza mashya y’abayobozi bayo kugira ngo bagabe ibitero bikaze ku mutwe wa m23. Iki kibazo cyakuruye icyifuzo cy’imiryango itegamiye kuri Leta, yagaragaje ko ari ngombwa kurinda no kurengera igihugu mu gihe iki kibazo kigenda cyiyongera.

Tags: FayuluRdcTshisekedi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

Ibyo wa menya k'uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    best site to buy priligy canada Are you going to take Clomid too

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?