• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 5, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

You might also like

Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne

ECC Yasabye Abanyekongo Gushyira Imbere Ibiganiro Byuzuye Mbere y’Impinduka z’Itegeko Nshinga

RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), nirwo rwemeje amakuru yitabwa muri yombi ry’uwahoraga avuga ko ari umufumu ukomeye, uzwi ku mazina ya Wilson Rurangirwa.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 04/11/2024 nibwo uyu mufumu wa mamaye ku izina rya Salongo yafashwe, akaba akurikiranyweho ibyaha bigera kuri bine.
Birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano, kwiyitirira urwego rw’umwuga, impamyabushobozi, impamyabumenyi cyangwa ubushobozi buhabwa umuntu wujuje ibyangombwa n’icyaha cyokwiha indonke.

Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thirry, yatangaje ko uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’iperereza ryari rimaze iminsi rimukorwaho, rishyingiye kubirego abantu bamurega.

Ati: “Yafashwe nyuma y’iperereza yari amaze iminsi akorwaho aho yaregwaga n’abantu batandukanye akabizeza ko ari umuvugizi gakondo ufite imbaraga zidasanzwe zo kugaruza ibyibwe ndetse n’ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye, akavura inyatsi, akaba ngo afite n’imbaraga zo gutanga urubyaro.
Ikibabaje muri ibi byose, uyu Salongo wasangaga yamamazwa cyane n’imbuga nkoranyambaga nk’umuntu udasanzwe.”

Salongo kugeza uyu munsi afungiwe kuri station ya RIB ya Nyamata aho asanzwe atuye mu karere ka Bugesera, umurenge wa Nyamata, akagari ka Nyamata, umudugudu wa Rugarama ll.

Ibi bikorwa uyu mufumu yabikoreraga mu kagari ka Maranyundo, umudugudu wa Mayange . Ubwo yafatwaga yafatanywe, impu z’ibisimba, amacupa atandukanye arimo ibyo yita imiti, amagi n’inkono.

Kugeza ubu iperereza riracyakomeje ngo akorerwe dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Ibyo bikozwe mu gihe umuvugizi wa RIB yari aheruka gutangaza ko hari ibice bitanu uru rwego rwa RIB rugiye kwibandaho cyane bigaragaramo ibyaha hifashishijwe imbugankoranyambaga.

Ibyo bice birimo n’icyimyidagaduro, iyobokamana, kwamamaza ndetse n’ubufumu, gukangisha gusebanya hakoreshejwe amashusho y’ubwambure no gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.

Tags: RibRwandaUmufumu
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne

Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne Papa Léon XIV yakiriwe mu byishimo n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone, nyuma yo...

Read moreDetails

ECC Yasabye Abanyekongo Gushyira Imbere Ibiganiro Byuzuye Mbere y’Impinduka z’Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

ECC Yasabye Abanyekongo Gushyira Imbere Ibiganiro Byuzuye Mbere y’Impinduka z’Itegeko Nshinga Itorero rya Kristo muri Congo (Église du Christ au Congo – ECC) ryatangaje ko inzira ikwiye kandi...

Read moreDetails

RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 1, 2026
0
RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

RDC: Amatorero y'Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga Mu gihe impaka zikomeje kwiyongera ku mushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa, Ubuzima Bwazo Bwarahindutse, Itorero Ritangira Kugira Imbaraga Zidasanzwe — Inyigisho zatanzwe na Sibomana

by Bahanda Bruce
May 24, 2026
0
Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa, Ubuzima Bwazo Bwarahindutse, Itorero Ritangira Kugira Imbaraga Zidasanzwe — Inyigisho zatanzwe na Sibomana

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa, Ubuzima Bwazo Bwarahindutse, Itorero Ritangira Kugira Imbaraga Zidasanzwe — Inyigisho zatanzwe na Sibomana Mu mateka y’Ubukirisitu, umunsi wa Pentecost ufatwa nk’umwe mu...

Read moreDetails

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa: Uko Pentekote Yahinduye Amateka y’Ubukirisitu n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
May 24, 2026
0
Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa: Uko Pentekote Yahinduye Amateka y’Ubukirisitu n’Isi Yose

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa: Uko Pentekote Yahinduye Amateka y’Ubukirisitu n’Isi Yose Pentekote ni umwe mu minsi ikomeye kandi w’amateka adasanzwe mu Bukirisitu, kuko ari wo munsi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika

Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?