• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 5, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya k’uwiyitaga umufumu kabuhariwe watawe muri yombi mu Rwanda.

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), nirwo rwemeje amakuru yitabwa muri yombi ry’uwahoraga avuga ko ari umufumu ukomeye, uzwi ku mazina ya Wilson Rurangirwa.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 04/11/2024 nibwo uyu mufumu wa mamaye ku izina rya Salongo yafashwe, akaba akurikiranyweho ibyaha bigera kuri bine.
Birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano, kwiyitirira urwego rw’umwuga, impamyabushobozi, impamyabumenyi cyangwa ubushobozi buhabwa umuntu wujuje ibyangombwa n’icyaha cyokwiha indonke.

Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thirry, yatangaje ko uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’iperereza ryari rimaze iminsi rimukorwaho, rishyingiye kubirego abantu bamurega.

Ati: “Yafashwe nyuma y’iperereza yari amaze iminsi akorwaho aho yaregwaga n’abantu batandukanye akabizeza ko ari umuvugizi gakondo ufite imbaraga zidasanzwe zo kugaruza ibyibwe ndetse n’ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye, akavura inyatsi, akaba ngo afite n’imbaraga zo gutanga urubyaro.
Ikibabaje muri ibi byose, uyu Salongo wasangaga yamamazwa cyane n’imbuga nkoranyambaga nk’umuntu udasanzwe.”

Salongo kugeza uyu munsi afungiwe kuri station ya RIB ya Nyamata aho asanzwe atuye mu karere ka Bugesera, umurenge wa Nyamata, akagari ka Nyamata, umudugudu wa Rugarama ll.

Ibi bikorwa uyu mufumu yabikoreraga mu kagari ka Maranyundo, umudugudu wa Mayange . Ubwo yafatwaga yafatanywe, impu z’ibisimba, amacupa atandukanye arimo ibyo yita imiti, amagi n’inkono.

Kugeza ubu iperereza riracyakomeje ngo akorerwe dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Ibyo bikozwe mu gihe umuvugizi wa RIB yari aheruka gutangaza ko hari ibice bitanu uru rwego rwa RIB rugiye kwibandaho cyane bigaragaramo ibyaha hifashishijwe imbugankoranyambaga.

Ibyo bice birimo n’icyimyidagaduro, iyobokamana, kwamamaza ndetse n’ubufumu, gukangisha gusebanya hakoreshejwe amashusho y’ubwambure no gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.

Tags: RibRwandaUmufumu
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika

Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?