• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2024
in Regional Politics
4
Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Colonel Alain Sembokera wo muri polisi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo(PNC), wamamaye ku izina rya “Job,” yongeye kugaragara mu mujyi wa Goma nyuma yigihe kitari gito atahaboneka; akaba azwiho kuba ari umugambanyi w’ubwoko bw’Abatutsi, ndetse abenshi mu bo yagambaniye barapfuye abandi baracyafunzwe.

Amasoko yacu avuga ko Col. Job yabonetse i Goma ahar’ejo tariki ya 12/11/2024, ni mu gihe yari amaze amezi arindwi ari mu mujyi rwagati wa Kinshasa.

Mbere y’uko yerekeza i Kinshasa yabanje kuja i Bujumbura mu Burundi kwivuza indwara y’umutima amaranye igihe.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, ayo dukesha abaturiye i Goma, avuga ko “hari abaturage bongeye gukubita amaso Col. Job mu mujyi wa Goma ku munsi w’ejo hashize kandi ko ba mubonye igihe c’isaha z’igicamunsi.”

Ndetse bikavugwa ko nyuma yo kumubona hari abategetsi babimenyeshejwe barimo n’abakora munzego z’umutekano, nabo bavuga ko ayo makuru bayazi ariko ko hataramenyekana icyaba cyamuzanye.

Col.Job yahoze y’ungirije komiseri mukuru wa polisi mu ntara ya Kivu Yaruguru, akaba kandi yari ahagariye ibikorwa by’ubutabera muri iyi ntara ku rwego rwa polisi.

Kugaruka kwe mu Burasirazuba bw’iki gihugu, byateye impungenge nyinshi ubwoko bw’Abatutsi abo ahora ahiga ubuzima bwabo umunsi ku wundi.

Kuva icyo gihe agikorera i Goma yagiye agaragara mu bikorwa byo kugagambanira Abatutsi, kandi mubo yagambaniye bamwe biciwe muri DEMIAP, nka major Thomas w’Umunyamulenge uheruka gupfiramo n’abandi yagambaniye bagifungiye muri gereza ya Ndolo na Makala n’izindi.
Bamwe mubo yagambaniye barimo Honorable Kamanzi, Pedro, n’umusore w’Umunyamulenge wavanwe i Bukavu mu mezi umunani ashyize aja gufungirwa i Kinshasa kugeza n’ubu bakaba bagifunzwe bose.

Sabo bonyine yafungishije kuko hari n’abandi bavuka i Masisi bafungiwe mu ma gereza atandukanye yo muri RDC.

Uyu yanahoze mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo muri Kivu y’Amajyaruguru, ari nabwo yatangiye guhohotera Abatutsi, akananyaga ibyabo birimo Inka yanyagaga i Masisi na Rutshuru.

Kubera ubugome bwe bwo kwanga Abatutsi, byavuzwe ko hari n’igihe yigeze gusaba ubuyobozi bwa FARDC muri Goma ku muha ingabo akaja kurwanya umutwe wa M23 urwanya Leta. Ariko aza kwangirwa, kuko ntabuhanga bw’urugamba bumuzwiho, nk’uko abahaye MCN aya makuru babivuze.

Tags: AbatutsiCol.jobGoma
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w’ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w'ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Comments 4

  1. akamasa says:
    10 months ago

    Bruce, uyu mugome mureke igihe cye niki ! aje gupfa ntabwo yaje kwica nkuko yabimenyereye. Abana bari ready man

  2. Ensuent says:
    10 months ago

    Survival curves were generated by the Kaplan Meier method and compared with the log rank test priligy 30mg

  3. Ensuent says:
    10 months ago

    The other group receives the same treatment as the first group, followed by low dose chemotherapy in tablet form, taken one or two times per day, twice a week for one year cialis with priligy

  4. Ensuent says:
    10 months ago

    Turashaka kureba iyi mikorere ya SERM itaziguye n imikorere, tugasobanura uburyo n impamvu bakora, kandi byanze bikunze, uburyo ushobora gukoresha cyane iyi SERM priligy cvs

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?