Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 18, 2024
in Regional Politics
5
Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’Abanyamulengekazi bakomeje gufungirwa mu Minembwe wiyongereyeho.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Abanyamulengekazi bafungiwe mu Minembwe bavuye kuri umwe bagera kuri babiri, mu gihe cy’iminsi ibiri gusa.

Gufunga Abanyamulenge mu Minembwe byari bisanzwe biba kubagabo gusa, ariko ubu ho byabaye no kubigitsinagore.

Nabo bagabo bafungwa, unasanga ntacyaha bazira hubwo bazira ubwoko bwabo, kuko iyo bamaze gutanga amafaranga usanga babarekuye, kandi batanigeze baburana ngo bagire icyo bashinjwa.

Kuri ubu ho siko bikimeze, kuko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zo muri brigade ya 21 zisanzwe zibafunga zahinduyeho, ni mu gihe ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru gishize, zafunze umugore uri mu kigero cy’imyaka 39 y’amavuko, witwa Nyabera Sositene. Uyu akaba ari umadamu wa Sositene nawe ufungiwe i Kinshasa.

Nyuma ya Nyabera hari undi uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko witwa Soleil; byavuzwe ko afungishijwe ijisho. Amakuru avuga ko Soleil, ku Cyumweru iz’ingabo za FARDC za muburiye kutava iwe mu rugo no kutavuga kuby’ifungwa rye, usibye ko zamutegetse kuguma aho atuye mu Minembwe centre.

Aba bombi, FARDC ibashinja gukorana byahafi na Twirwaneho.
Twirwaneho akaba ari abaturage basanzwe bitwaza imbunda, mu rwego rwo kurindira ubwoko bwabo umutekano, ni mu gihe bugabwaho ibitero n’umutwe witwaje imbunda wa Maï Maï kubufasha bw’Ingabo za RDC.

Nubwo muri iy’i nkuru twavuze abagore kwari bo bafunzwe, ariko hari n’abagabo bafunzwe, hari nk’umugabo wo mu muhana w’i Gakenke, ugiye ku mara iminsi irenga irindwi afungiwe aha mu Minembwe.

Byavuzwe ko nawe yazize kuba ari Umunyamulenge, kuko nta cyaha nakimwe arashinjwa usibye ku muziza Twirwaneho, kandi Twirwaneho bizwi ko ari Umunyamulenge wese uturiye imisozi miremire y’i Mulenge.

Uyu ufunzwe, ni Bigaraba wa Mureba avuka munzu y’Abahondogo.

Ubushize kandi, hari undi mugore w’Umunyamulenge wafunzwe nawe yaziraga kuba yarafashwe i foto ari kumwe n’abasore bo muri Twirwaneho. We yabanje gufungirwa mu Minembwe, nyuma yaho yoherezwa i Kinshasa, gusa yaje kurekurwa mu minsi mike ishize.

Ibi bikaba bikomeje gutuma Abanyamulenge binubira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ndetse kandi banabufata nk’ubutegetsi bugamije gusa, uguhonyora uburenganzira bwabo bwo kuba muri iki gihugu.
Bityo, bagasaba kurenganurwa.

Tags: GufungwaI MulengeMinembwe
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

Comments 5

  1. Ensuent says:
    7 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy fda approval[/url] Better think twice about using any of these meds outside an emergency situation

  2. Ensuent says:
    7 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy tablets price[/url] She went with reconstruction adding, a nice C works for me

  3. Ensuent says:
    7 months ago

    However, ignoring coexisting CAD at the time of aortic valve replacement increases perioperative risk and late mortality [url=https://fastpriligy.top/]priligy prescription[/url]

  4. Ensuent says:
    7 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]what is priligy tablets[/url] Socialnomics, 27 Oct

  5. Ensuent says:
    7 months ago

    Persistence with conventional triple therapy versus a tumor necrosis factor inhibitor and methotrexate in U [url=https://fastpriligy.top/]priligy buy[/url] It is implanted through the vagina and is used to shore up pelvic organs that have become displaced due to age, childbirth, hysterectomy, or obesity

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?