Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 25, 2024
in Regional Politics
0
Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Arikiyepiskopi wa Kinshasa akaba na perezida w’ihuriro ry’Abeposkopi muri Afrika na Madagascar (SECAM), Cardinal, Fridolin Ambongo yanenze ubutegetsi bwa Kinshasa bushaka guhindura itegeko nshinga rya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Cardinal Fridolin Ambongo, ibi yabivugiye mu nyigisho yatanze ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/11/2024, ubwo yari mu gitambo cya misa cyateguwe ku munsi w’urubyiruko rw’abakristo. Mu ijambo rye, yavuze ko “Abanyapolitiki bo muri RDC, bakwiye gushyira imbaraga mu gukemura ibibazo by’imibereho y’abaturage aho gusesagura ingufu n’amafaranga ku mushinga wo kuvugurura cyangwa guhindura itegeko nshinga.

Yagize ati: “Ni gute Umuntu ashobora gushora imbaraga nyinshi n’amafaranga bigamije kuvuga gusa iby’ihindurwa ry’itegeko nshinga, aho kwita kuri uru rubyiruko rwasigaye inyuma?”

Muri iki kiganiro kandi Fridolin Ambongo yanasabye urubyiruko kwirinda ko hagira uwabambura ejo habo hazaza.

Ati: “Ikibabaje ni uko mu by’ukuri uburyo mubayeho muri iki gihe bigaragaza ko uru rubyiruko rwatawe cyangwa mwaciwe intege. Ariko ntimuhendwe, ngo mube mwabura ejo hanyu hazaza.”

Sibyo gusa kuko mu minsi yashyize, Ambongo yanenze Leta gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’imitwe yitwaje intwaro yiswe Wazalendo, yemeza ko ari byo ngaruka z’umutekano muke i Goma no mu Burasirazuba bwose bwa RDC.

Kimweho nyuma yubwo, kugira ngo ahoshye uburakari bwari bwuzuranye abayobozi b’iki gihugu, uyu wihaye Imana, yaje kugirana ikiganiro mu muhezo na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya, Félix Tshisekedi.

Ambongo avuze ibi mu gihe umutekano ukomeje kurushaho kuzamba muri RDC, ahanini muri Kivu y’Amajy’epfo n’iya Ruguru.

Tags: AmbongoKinshasa
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?