• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.

minebwenews by minebwenews
November 26, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyo Red-Tabara yafatiye mu gitero gikaze yagabye ku ngabo z’u Burundi mu Mibunda.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Bikubiye mu itangazo umutwe wa Red-Tabara washyize hanze, aho wigambye kwivugana ba ofisiye icyenda bo mu ngabo z’u Burundi zibarizwa muri Kivu y’Amajy’epfo, unafata ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo imbunda n’amasasu.

Itangazo rya Red-Tabara ryagiye hanze ku mugoroba wo ku wa mbere, tariki ya 25/11/2024, rimenyesha ko abasirikare b’u Burundi bapfuye ubwo uyu mutwe wabagabagaho igitero ahitwa Tabunde.

Tabunde ni agace kamwe muri twinshi tugize akarere ka Mibunda ho muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Red-Tabara, nk’uko yabisobanuye, aka gace yagabyemo igitero niko ingabo z’u Burundi zateguriragamo ibikorwa byagisirikare.

Ikomeza ivuga ko icyo gitero cyasize, umusirikare ufite ipeti rya Colonel utatangajwe amazina, yakiguyemo, apfana n’abandi ba ofisiye icyenda.

Ikindi n’uko iki gitero, uyu mutwe wagifatiyemo imbunda zirenga 50 zo mu bwoko bwa machine gun, n’izindi mbunda nto ndetse n’ibindi bikoresho bya gisirikare birimo n’ibyutumanaho.
Inavuga ko yafashe inyandiko nyinshi bariya ba ofisiye bataye. Zikaba zikirimo gusesengurwa.

Red-Tabara yanashyize hanze amafoto n’imbunda nyinshi, amasasu n’ibikoresho byinshi by’itumanaho bafashe.

Iki gitero kije gikurikira imirwano ikomeye yagiye iba mu minsi mike ishize, hagati y’uyu mutwe wa Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi zifatanyije n’iza RDC. Iyi mirwano ikaba yaragiye ibera muri ibi bice byo muri teritware ya Mwenga mu misozi miremire y’Imulenge.

Tags: Ibikoresho byagisirikareMibundaRed-TabaraTabunde
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n’u Burundi.

Karidinali Ambongo uri i Kigali mu Rwanda, yagize icyo asaba u Rwanda, RDC n'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?