Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje icyo kigiye gukora vuba, kinanyomoza ibyo Red-Tabara iheruka kukivugaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 27, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje icyo kigiye gukora vuba, kinanyomoza ibyo Red-Tabara iheruka kukivugaho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje icyo kigiye gukora vuba, kinanyomoza ibyo Red-Tabara iheruka kukivugaho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wemeje ko wivuganye abasirikare 9 b’u Burundi mu gitero wagabye mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 25/11/2025, mu birindiro by’izi ngabo birahitwa Tabunde ho muri Mibunda teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ibi, nibyo u Burundi bwise ibinyoma.

Itangazo umutwe wa Red-Tabara washyize ku mbugankoranyambaga zawo, rivuga ko mu baguye muri icyo gitero, barimo n’umusirikare mukuru ufite ipeti rya Colonel wari uyoboye ibyo birindiro n’icyegera cye. Ariko amazina yabapfuye nti yigeze avugwa muri iryo tangazo rya Red-Tabara.

Iri tangazo rikomeza rivuga ko “Red-Tabara yambuye ziriya ngabo z’u Burundi ibikoresho byinshi bya gisirikare, birimo imbunda n’amasasu n’ibindi bikoresho bikora mw’itumanaho.”

Nyuma, igisirikare cy’u Burundi kibicishije mu itangazo cyasohoye ahar’ejo, cyamaganye ibyo Red-Tabara yatangaje, kivuga ko ari ibinyoma byambaye ubusa. Iryo tangazo rigira riti: “Igisirikare cy’u Burundi kiramenyesha ko itangazo rya Red-Tabara ryuzuye ibinyoma. Igihe cyose uwo mutwe utakaje abarwanyi bawo benshi ku rugamba, umuvugizi wayo, ahita yihutira gutangaza amatangazo nk’ayo. Turasaba ko hatagira n’umwe aha agaciro ibiri mu itangazo by’ibinyoma. Vuba tunagiye kubereka abarwanyi ba Red-Tabara twafashe, n’abandi bishikirije mu ngabo zacyu.”

Ibyo byabaye mu gihe n’ubundi kuva mu kwezi kwa Karindwi uyu mwaka, umutwe wa Red-Tabara wagiye ugabwaho ibitero bikaze, ubigabweho n’igisirikare cy’u Burundi kiri mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Rero, iki gitero Red-Tabara ikaba yaragikoze muburyo bwo kwihimura.

Tags: FDNBMibundaRed-TabaraTabunde
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyimbitse ku biganiro biheruka byo guhindura itegeko nshinga rya RDC.

Menya ibyimbitse ku biganiro biheruka byo guhindura itegeko nshinga rya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?