• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Ruto kuri ubu uramutswa EAC yagize icyo abwira ibihugu bigize uwo muryango.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Ruto kuri ubu uramutswa EAC yagize icyo abwira ibihugu bigize uwo muryango.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ruto kuri ubu uramutswa EAC yagize icyo abwira ibihugu bigize uwo muryango.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umukuru w’igihugu cya Kenya akaba n’umuyobozi mukuru mushya w’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC), Dr William Ruto Samoei, yakanguriye ibihugu binyamuryango bitishyura imisanzu ngaruka mwaka bisabwa.

Iki giterkezo yagitanze ahar’ejo tariki ya 30/11/2024, ubwo abakuru b’ibihugu byo muri EAC bahuriye mu nama yabereye i Arusha muri Tanzania, bari bamaze kumutorera iyi nshingano.

Uyu mukuru w’igihugu yavuze ko muri manda ye, azateza imbere imibereho y’abaturage bo muri uyu muryango, yongerere imbaraga ubucuruzi bw’imbere ndetse n’ishoramari.

Yabwiye bagenzi be, abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango, ko aza aharanira amahoro n’umutekano mu karere, ateze imbere imiyoborere myiza, asobanura ariko ko kugira bigerweho, uyu muryango ukeneye amafaranga yo kwifashisha.

Perezida Ruto yibikuje ibihugu bigize EAC ko bifite inshingano yo gutanga umusanzu ngaruka mwaka bisabwa, bikawutangira ku gihe kugira ngo wifashishwe mu gushyira mu bikorwa imishinga y’umuryango.

Yanasobanuye ko ibihugu nibitangira imisanzu ku gihe, bizafasha ubunyamabanga bukeneye, bubone ubushobozi bwo gukora imishinga yabwo.

Ibyo abivuze mu gihe Repubulika ya demokarasi ya Congo itarigera itanga uwo musanzu kuva yaba umunyamuryango. Byanarakaje bamwe mu badepite bo mu nteko ishinga amategeko y’uyu muryango, basaba ko yafatirwa ibihano birimo gukumirwa mu bikorwa by’imbonankubone.

Kugeza ku musozo w’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025 watangira, RDC irimo ibirarane bya miliyoni 22,5 z’amadolari y’Amerika. Ibindi bihugu bigize uyu muryango byatanze imisanzu yabyo kugeza mu mwaka w’ingengo y’imari ushize.

Tags: EACTanzaniaWilliam Ruto
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y'i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?