• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2024
in Regional Politics
0
M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.
106
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

You might also like

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa n’amasezerano yagahenge u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyiye i Luanda muri Angola, wiyemeza gusanga ihuriro ry’Ingabo za RDC mu birindiro ziturukamo ziwugabaho ibitero.

Ni byatangajwe n’umuvugizi w’uyu mutwe wa M23 mu byapolitiki, Lawrence Kanyuka; yagaragaje ko icyemezo cyo kwitandukanya nariya masezerano gishingiye ku kuba Leta ya Kinshasa ikomeje kwica amasezerano yakariya gahenge.

Impande zombi zimaze iminsi ziri mu mirwano mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe aheruka gutangaza ko muri uku kwezi kwa Cumi n’umwe, byibuze ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye kuri M23 ibitero 27.

Kanyuka mu itangazo yashyize hanze ahar’ejo, yavuzemo ko nka M23 bashima imbaraga abakuru b’ibihugu by’akarere ndetse n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga bakomeje gukoresha mu rwego rwo gukemura mu mahoro amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC.

M23 ivuga ko yemera ko agahenge u Rwanda na Congo Kinshasa byemeranyije ku buhuza bwa Angola ikabona nka kimwe mu bishobora gukemura amakimbirane, gusa ikavuga ko utarebwa na ko.

Uyu mutwe wunzemo ko agahenge wemera ndetse unakomeje kubahiriza ari ako ku wa 7/10/2023 wasinyiye ku giti cyayo i Luanda muri Angola.

M23 yiyemeje gutangiza guhiga FARDC n’abambari bayo mu birindiro byabo, mu gihe hashize ibyumweru bibiri bawugabaho ibitero bikomeye.

Ibi bitero byagabwe mu duce twa Kamandi ya 1, iya Kabiri, Kamatobe, Kiluvu ndetse na Ngekene two muri teritware ya Lubero; ndetse ibindi bitero byagabwe mutundi duce twa Musheberi, Gatobotobo, Kinigi, Kaniro, Bugeri, Katale, Kalembe, Ihula na Muheto two muri teritware ya Masisi.

Tags: AmasezeranoLuandaM23
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir MINEMBWE...

Read moreDetails

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru

Doha ku Isonga: RDC Yiteguye Gushyira mu Bikorwa Ibyo Yiyemeje, Ariko Ikibazo Gikomeye Kiri He? Dore Ibikubiye muri iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que des informations largement relayées sur les réseaux sociaux...

Read moreDetails

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru yavugaga ko abaturage ba Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

Inama y'abakuru b'ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?