• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Minembwe FARDC yakoze ibikanganye.

minebwenews by minebwenews
December 3, 2024
in Regional Politics
0
Mu Minembwe FARDC yakoze ibikanganye.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Minembwe FARDC yakoze ibikanganye.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zo muri brigade ya 21, zazindutse zi zenguruka centre ya Minembwe ahazwi nka Madegu.

Ni igikorwa ingabo za FARDC zakoze kuva igihe c’isaha ya saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 03/12/2024, kugeza na nyuma ya saa sita, za manywa uwo mujyi mutoya wari ukizengurutswe.

Ubuhamya Minembwe Capital News yakiriye buvuga ko abasirikare ba Leta bari bafunze buri rembo ryose ryinjira mu isantire ya Minembwe, kandi ko hataramenyekana impamvu yabyo.

Bugira buti: “FARDC yabyutse ifunga centre, kugeza ubu irafunze. Ikibazo ntikiramenyekana.”

Bukomeza bugira buti: “Ariko kandi, ntibitunguranye, kuko barasa nabiteguye intambara.”
Ubu buhamya bwageze mu bwanditsi bwa Minembwe Capital News, saa Saba zamanywa, kumasaha ya Minembwe na Bukavu.

Ibi bije bikurikira igitero ingabo za FARDC ziheruka kugaba mu Kalingi, aho cyanasize gihitanye abaturage barenga babiri. Nyuma yubwo umubano wa basirikare na Twirwaneho wahise ujamo agatotsi nubwo n’ubundi bitari shyashya.

Hari n’amakuru akomeje kuvugwa ko Leta ikomeje kohereza ingabo nyinshi mu Minembwe, ziva mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo.

Hari nk’izivugwa zavuye mu duce two muri teritware ya Walungu, ndetse n’izindi zavuzwe kuva ku munsi w’ejo hashize zaturutse i Baraka zoherezwa mu Minembwe zinyuze umuhanda wa Fizi-Minembwe. Gusa iz’i ngabo zikaba zitaragera mu Minembwe.

Bikagaragara ko Leta yaba ishaka gutangiza ibitero kuri Twirwaneho. Kimweho no mu mezi atanu ashize, hari amakuru yagiye atangazwa ku mbuga ko ingabo za FARDC zigiye kugaba ibitero kuri Twirwaneho, ariko byarangiye nta kibaye.

Tags: FardcIzengurutse
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yongeye kurenga ku gahenge itera M23 muri Kivu Yaruguru.

FARDC yongeye kurenga ku gahenge itera M23 muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?