• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igitero cya Red-Tabara cyangije iby’abaturage mu Mibunda.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2024
in Regional Politics
0
Igitero cya Red-Tabara cyangije iby’abaturage mu Mibunda.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cya Red-Tabara cyangije iby’abaturage mu Mibunda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava muri Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko mu gitero umutwe witwaje imbunda urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wagabye ahar’ejo mu gace kamwe ko mu majyepfo ya Mibunda, abaturage bakinyagiwemo ibirimo amatungo magufi n’amazu yabo arasha!

Ni igitero Red-Tabara yagabye mu rukerera rwo ku wa Gatanu tariki ya 06/12/2024, i kigaba mu birindiro by’abarwanyi ba Maï Maï bya Tabunde.

Tabunde ni agace gaherereye muri Localité ya i Lulu muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu makuru Minembwe.com yamaze kwakira ikesha abaturiye ibyo bice, ahamya ko iki gitero cyahitanye abarwanyi 17 barenga bo mu mutwe wa CNPCS wa Maï Maï.

Nyuma Maï Maï yarahunze ihunga igana amajyaruguru ya Tabunde, aho ni kw’Itara no mu tundi duce two muri ibyo bice.

Gusa, uyu mutwe umaze kw’irukana Maï Maï mu birindiro byabo bya Tabunde, ndetse no kubitwika birakongoka. Red-Tabara yerekeje mu kandi gace ka Malingi, akari gasanzwe kagemurira Maï Maï iragasahura n’abaturage bakarimo bahungira mu mashyamba araho hafi.

Mu byagasuhuwemo birimo amatungo magufi, ihene, inkoko n’ibindi birimo n’ibyokurya.

Kugeza ubu amakuru dufite nuko aba baturage ba Banyindu bahunze bava mu mugace ka Malingi bataragaruka baracyaherereye mu mashyamba.

Kimweho cyo, nta muturage wavuzwe waba yaraguye muri ibyo bitero usibye abarwanyi ba maï maï baguye i Tabunde ho muri i Lulu.

Hagati aho umutekano wongeye kugaruka muri Mibunda mu duce twari twagabwemo ibitero, nubwo abahunze bo bataragaruka mu muhana wa Malingi.

Tags: Maï MaïMalingiTabunde
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

Ibiganiro byahuje komanda Secteur n'Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?