• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC irashinja M23 kurasa ku ngabo zayo ikoresheje ibisasu bidasanzwe.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2024
in Regional Politics
0
RDC irashinja M23 kurasa ku ngabo zayo ikoresheje ibisasu bidasanzwe.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC irashinja M23 kurasa ku ngabo zayo ikoresheje ibisasu bidasanzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko umutwe wa M23 wagabye ibitero ku birindiro by’igisirikare cyayo ikoresheje drone za Kamikaze.

Ni amakuru yatangajwe na minisitiri ushinzwe iterambere ry’icyaro, Muhindo Nzangi, aha yarimo aganira n’itangaza makuru ryo muri RDC ku wa gatatu muri iki Cyumweru.

Muri icyo kiganiro yanemereye Abanyamakuru ko M23 ikomeje gufata ibice byinshi byo muri teritware ya Lubero; ibi bikaba bitandukanye n’ibiri gutangazwa na FARDC kuko yo ihakana ko itambuwe uduce mu mirwano bahanganyemo n’uwo mutwe.

Nzangi yavuze ko uyu mutwe impamvu ukomeje kurusha imbaraga FARDC, ari uko iri gukoresha drone z’ubwiyahuzi zizwi nka Kamikaze.

Yagize ati: “M23 yakoresheje drone za Kamikaze mu kurasa ku mirongo y’ubwirinzi y’ingabo za RDC, bituma ingabo zacu zisubira inyuma.”

Yanashimangiye ibi avuga ko ibyumweru bibiri bishize ingabo zabo zigabwaho ibitero bikaze muri Lubero na Walikale, ariko yemeza ko mu ntangiriro zicyumweru cya mbere cy’imirwano M23 yahawe isomo.
Gusa ntiyavuze byinshi kuri iryo somo.

Hagati aho, FARDC ntacyo iravuga ku byatangajwe na minisitiri Nzangi.

Nanone kandi kurundi ruhande, amakuru atarabonerwa gihamya, avuga ko M23 yaba iri gukoresha drone zirasa amasasu akaze. Izo drone zitwa Quadcopter, zikaba zimaze igihe zikoreshwa mu ntambara yo muri Ukraine.

Tags: Drone za KamikazeFardcKinshasaM23
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y’urugamba.

M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y'urugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?