• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y’urugamba.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2024
in Regional Politics
0
M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y’urugamba.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y’urugamba.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umutwe urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa M23 wongeye kwigarurira undi mujyi muto wingenzi wo muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ku manywa yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 18/12/2024 ni bwo M23 yirukanye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa mu mujyi wa Mbingi.

Aka gace gaherereye muri teritware ya Lubero mu majyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko M23 yafashe aka gace nyuma yimirwano ikomeye yabaye hagati y’impande zombi.

Ni imirwano yasize uruhande rw’urwanirira Leta ya Kinshasa ruyabangiye ingata.

Mbere yo gufata Mbingi, M23 yari imaze kwigarurira utundi duce twinshi two muri ako karere, harimo n’indi mijyi minini, nk’umujyi wa Matembe, Alimbongo na Mambasa.

Ifatwa ry’umujyi wa Mbingi ryongeye gutuma abayobozi bahamagarira abaturage baturiye Butembo guhaguruka bakarwanirira ubutaka bw’igihugu cyabo.

Perezida wa sosiyete sivile i Butembo, Mathe Sanane, yemeje ko ingabo za FARDC zahunze mu majyi wa Mbingi, kandi ko zawugiye kure.

Yagize ati: “Ntabwo tuzi aho abarwanyi ba M23 bari, ariko ibintu birakomeye kuko FARDC yahunze muri Mbingi.”

Yakomeje avuga ko kuva ku Cyumweru M23 yakomeje kwigarurira uduce twinshi mu buryo butari busanzwe muri teritware ya Lubero.

Gusa aza gusaba abaturage ba Butembo gutekana, ariko bakitegurira kwirwanaho.

Ati: “Turasaba abaturage gukomeza gutuza, ariko twitegure kwirwanaho bibaye ngombwa.”

Hari amakuru avuga ko abarwayi ba M23 mbere y’uko bafata Mbingi babanje gukoresha drone barasa ku ngabo za FARDC, bituma zicika intege zikizwa n’amaguru.

Kuri ubu abarwanyi ba M23 bari nko ku birometero 100 uvuye mu mujyi wa Butembo, ibi bikaba bikomeje gutera ubwoba ko na Butembo ija mu maboko yabo. Ku ruhande rwa FARDC haravugwamo gucika intege kuko ikomeje gutakaza ibice byinshi kandi byingenzi.

Tags: Isura nshya y'u rugambaM23MbingiYafashe
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibiheruka gutangazwa na Gen Muhoozi, byajemo amagambo hagati ya RDC na Uganda.

Ibiheruka gutangazwa na Gen Muhoozi, byajemo amagambo hagati ya RDC na Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?