• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2024
in Regional Politics
0
Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu byagaragaye kuri uyu wa Gatandatu mu Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ituze ryongeye kugaruka muri Minembwe no mu nkengero zayo, nyuma y’aho ingabo za Congo zari zimaze iminsi zigaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge.

Kuva ku wa gatatu w’iki Cyumweru kugeza ahar’ejo ku wa gatanu, i mihana y’Abanyamulenge iherereye muri Komine ya Minembwe, irimo i Lundu, Lwiko, Kalingi na Runundu kuri Evomi, FARDC yayigabyemo ibitero kandi iranayisahura.

Si byo gusa kuko kandi iz’i ngabo zishe abaturage barimo n’umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko witwa Florence.

Minembwe.com yamenye ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28/12/2024 mu nche zose za Minembwe hiriwe ituze; nta gace nakamwe kumvikanyemo urusaku rw’imbunda, haba n’utugenzirwa na FARDC.

Gusa uruhande rwa Leta ku gicamunsi cy’uyu munsi, rwashinguye imibiri y’abasirikare babo baguye muri ibyo bitero iz’i ngabo zagabye muri riya mihana y’Abanyamulenge.

Aya makuru anavuga ko ishirahamwe rya cois-rouge kwariryo ryafashaga FARDC kuja gutora intumbi zababo, mu misozi y’i Lundu, kuri Ugeafi, no muri Runundu ndetse no mu Kalingi, kuko ho mu Bisambu bigana mu Mikenke banahatoye kajolite zabo zitatu.

Kurundi ruhande, amakuru ataremezwa avuga ko iz’i ngabo zashinguye abagera kuri 80.

Hagataho FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Maï-Maï zagabye igitero ahar’ejo mu Kalingi ziturutse mu Mikenke, bivugwa ko zongeye gusubira muri ibyo bice.
Ndetse ko Maï Maï yo yasubiye mu Gipupu.

Nguko uko byiriwe mu Minembwe.

Tags: FardcMinembweTwirwaneho
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
ADF yongeye kuri kora yica Abanye-Congo benshi.

ADF yongeye kuri kora yica Abanye-Congo benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?