Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’ingabo za RDC zikomeje kuja mu Minembwe ku bwinshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 30, 2024
in Regional Politics
0
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ingabo za RDC zikomeje kuja mu Minembwe ku bwinshi.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Amakuru ava muri teritware ya Fizi aravuga ko muri ibyo bice hakomeje kunyura abasirikare benshi ba Leta ya Kinshasa berekeza mu Minembwe, mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ni amakuru ahamya ko n’iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 30/12/2024 muri centrerwagati ya Fizi haraye abasirikare ba RDC babarirwa muri 300.

Ubuhamya bwatanzwe n’umuturage uri muri ibyo bice ariko ku bw’umutekano we yanga kwa mazina ye atangazwa bugira buti: “Baraye hano Fizi. Ni benshi baje mu b’imodoka bine bya ma Fuso.”

Imodoka imwe ya Fuso ishobora kw’ipakiramo abasirikare bari hagati ya 60 na 80.

Aya makuru akomeza avuga ko aba basirikare bavaga muri Uvira berekeje mu Minembwe aho bagenzi babo bamaze iminsi bagaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge.

Ni ibitero bimaze guhitana ubuzima bwabasivile benshi abandi bakaba barakomeretse, ndetse abandi barahunga.

Aya makuru avuzwe mu gihe no ku wa gatanu hari hazamutse abandi basirikare ba Congo benshi.

Ikindi nuko no ku wa Gatandatu w’iki cyumweru dusoje, indege zigisirikare cya RDC za kajugujugu zibiri, zaseheye ibikoresho byagisirikare ahitwa kwa Mulima aha akaba ari mu nkengero za Minembwe . Bikavugwa ko zikubiranyije inshuro ebyiri zirimo kubiseha; ibyo bikoresho birimo imbunda n’amasasu n’ibindi, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Tags: FardcFiziMinembwe
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Congo cyahawe urwamenyo nyuma y’aho gihimbye ikinyoma.

Igisirikare cya Congo cyahawe urwamenyo nyuma y'aho gihimbye ikinyoma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?