• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bariyeri za Wazalendo mu marembo y’umujyi wa Baraka zibangamiye Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bariyeri za Wazalendo mu marembo y’umujyi wa Baraka zibangamiye Abanyamulenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umuhanda uhuza Bibogobogo n’umujyi wa Baraka muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Wazalendo bawushizemo ibariyeri, ikaba ibangamiye Abanyamulenge baturuka mu Bibibigobogo kuko nibo bishyuzwa, mu gihe abayandi moko batambuka batishyuye ibyo bitoro, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko iyi bariyeri ishinze neza ahitwa Mongemonge, aha ni hafi n’ahari ishuri rya kaminuza ku muhanda w’injira mu mujyi wa Baraka uvuye mu Bibogobogo.

Ni bariyeri bivugwa ko ikiri nshya, kuko yashyizweho mu minsi ibiri ishize y’iki Cyumweru turimo dusoza.

Bivugwa ko bariya Wazalendo bayishinze bayobowe n’uwitwa Mayere akaba azwiho urwango rukomeye ku Banyamulenge.

Nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga, nuko Abanyamulenge batangajwe no kubona ntacyo ingabo za FARDC zivuga kuri riya bariyeri ikomeje kubanyaga utwabo, mu gihe abayandi moko bo batishyuzwa kandi nabo bayicyaho.

Buri Munyamulenge wese uyicyaho yakwa amafaranga y’Amanyeko angana na 5000, utayafite asubizwa iyo yaje ava, kandi bakamugerekaho ku mukubita inkoni.

Ibyo bikozwe nyuma y’aho aba Wazalendo bari batangaje mu ntangiriro z’iki Cyumweru ko nta munyamulenge uzongera gukandagiza ibirenge bye mu mujyi w’i Baraka.

Ubwo batangazaga aya matangazo, bavugaga ko Abanyamulenge babarasiye ababo mu bitero FARDC iheruka kugaba mu mihana y’Abanyamulenge iherereye muri komine ya Minembwe, aho ni mu minsi mukuru ya Noheri n’u Bunani(mu mpera z’u mwaka turangije).

Ndetse kandi bikaba binavugwa ko mu bitaro by’i Baraka ko birimo inkomeri nyinshi za Wazalendo na FARDC zaje zivanywe mu Minembwe.

Hagataho, Abanyamulenge barasaba ko iriya bariyeri yavanwaho, kuko abaturiye agace ka Bibogobogo, guhaha kwabo kwa buri munsi bahahira mu mujyi w’i Baraka, bityo bakayibona ko igamije gusa kubambura utwabo no kubabuza kugera i Baraka.

Tags: BarakaBariyeriBibogobogo
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.

Havuzwe uko imirwano ihagaze ku mirongo y'urugamba hagati ya M23 n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?