• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bariyeri za Wazalendo mu marembo y’umujyi wa Baraka zibangamiye Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bariyeri za Wazalendo mu marembo y’umujyi wa Baraka zibangamiye Abanyamulenge.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umuhanda uhuza Bibogobogo n’umujyi wa Baraka muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Wazalendo bawushizemo ibariyeri, ikaba ibangamiye Abanyamulenge baturuka mu Bibibigobogo kuko nibo bishyuzwa, mu gihe abayandi moko batambuka batishyuye ibyo bitoro, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko iyi bariyeri ishinze neza ahitwa Mongemonge, aha ni hafi n’ahari ishuri rya kaminuza ku muhanda w’injira mu mujyi wa Baraka uvuye mu Bibogobogo.

Ni bariyeri bivugwa ko ikiri nshya, kuko yashyizweho mu minsi ibiri ishize y’iki Cyumweru turimo dusoza.

Bivugwa ko bariya Wazalendo bayishinze bayobowe n’uwitwa Mayere akaba azwiho urwango rukomeye ku Banyamulenge.

Nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga, nuko Abanyamulenge batangajwe no kubona ntacyo ingabo za FARDC zivuga kuri riya bariyeri ikomeje kubanyaga utwabo, mu gihe abayandi moko bo batishyuzwa kandi nabo bayicyaho.

Buri Munyamulenge wese uyicyaho yakwa amafaranga y’Amanyeko angana na 5000, utayafite asubizwa iyo yaje ava, kandi bakamugerekaho ku mukubita inkoni.

Ibyo bikozwe nyuma y’aho aba Wazalendo bari batangaje mu ntangiriro z’iki Cyumweru ko nta munyamulenge uzongera gukandagiza ibirenge bye mu mujyi w’i Baraka.

Ubwo batangazaga aya matangazo, bavugaga ko Abanyamulenge babarasiye ababo mu bitero FARDC iheruka kugaba mu mihana y’Abanyamulenge iherereye muri komine ya Minembwe, aho ni mu minsi mukuru ya Noheri n’u Bunani(mu mpera z’u mwaka turangije).

Ndetse kandi bikaba binavugwa ko mu bitaro by’i Baraka ko birimo inkomeri nyinshi za Wazalendo na FARDC zaje zivanywe mu Minembwe.

Hagataho, Abanyamulenge barasaba ko iriya bariyeri yavanwaho, kuko abaturiye agace ka Bibogobogo, guhaha kwabo kwa buri munsi bahahira mu mujyi w’i Baraka, bityo bakayibona ko igamije gusa kubambura utwabo no kubabuza kugera i Baraka.

Tags: BarakaBariyeriBibogobogo
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.

Havuzwe uko imirwano ihagaze ku mirongo y'urugamba hagati ya M23 n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?