• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi w’Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 15, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi w’Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.

You might also like

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

Uyoboye Mutualite y’Abanyamulenge i Kamanyola muri teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, inzego zishinzwe umutekano muri ibyo bice za mufunze.

Uyu muyobozi yafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 15/01/2025, aho yafashwe n’urwego rushinzwe ubutasi rwa ANR, nk’uko aya makuru agera kuri Minembwe.com abivuga.

Byavuzwe ko yafatiwe iwe mu rugo, kandi ko abaje ku mufata basanze akiryamye.

Amasoko yacu akavuga ko abamufashe bamujanye Uvira; ariko kugeza izi saha umuryango we ukaba utaramenya icyo yazize.

Umuntu wo mu muryango we yaduhaye ubutumwa bwanditse, bugira buti:”Perezida wa Mutualite wa Kamanyola arafashwe mukanya. Yajanywe Uvira. Ariko kugeza ubu, ntituzi icyo yazize.”

Perezida wa Mutualite y’Abanyamulenge batuye i Kamanyola, yitwa Semwanuke Mucyo, akaba avuka mu murara w’Abasita, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Muri Kamanyola, aho Semwanuke ayoboye, habarizwa ingo z’Abanyamulenge zibarirwa muri magana atatu (300) arenga.

Mu muntangiriro z’umwaka ushize, Abanyamulenge baturiye ibyo bice bagiye bagabwaho ibitero bya Maï-Maï, kugeza ubwo bahimutse barahava, ariko nyuma bongera kuhagaruka. Ubu bari bahatuye nubwo umutekano waho ukomeza kujegajega.

Tags: KamanyolaSemwanukeUviraYafunzwe
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe. Mu nkambi y'impunzi y'i Nakivale muri Uganda icyumbikiye abantu benshi barimo abaturutse mu bihugu bitandukanye harimo n'icya Repubulika...

Read moreDetails

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC. Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu...

Read moreDetails

RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

RDC n'u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya mbere y'u Rwego rw'umutekano ibihugu byombi bihuriyeho....

Read moreDetails

Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Ndayishimiye w'u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimiye abasirikare b'igihugu cye bagiye mu ntambara muri Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi. Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho guverinoma nshya aho yagarutsemo benshi mubari bagize icyuye...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku rugamba rukomeye rwabereye i Ngungu muri Masisi.

Ibyo wa menya ku rugamba rukomeye rwabereye i Ngungu muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?