Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutwe wa M23 wa wigaruriye nyuma y’uko ufashe n’agace ka Gituku kari gasigayemo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa muri uyu mujyi wa Goma.

Ahagana isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 27/01/2025 ni bwo umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, yemeje ifatwa ry’uyu mujyi wa Goma.

Yagize ati: “Turasaba abatuye i Goma gutekana. Kubohora uyu mujyi byarangiye rwose, kandi ubu ibintu biri ku murongo mwiza.”

Kanyuka kandi yasabye n’abasirikare ba FARDC kurambika intwaro hasi, kandi bakazishyikiriza ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ikindi Kanyuka yategetse abasirikare ba FARDC ni uko bihuriza hamwe bakaja muri Stade de l’unite iherereye i Goma mbere ya saa kenda z’urukerera, abamenyesha ko nyuma y’iki gihe ntarengwa, abarwanyi babo bari bube bagenzuye uyu mujyi wose.

Ingabo za Uruguay ziri mu butumwa bw’amahoro bwa LONI zatangaje ko guhera mu masaha y’ijoro, zakiriye abasirikare benshi ba RDC bahunze M23.

Uyu mutwe wa M23 wahagaritse by’agateganyo ibikorwa mu kiyaga cya Kivu na Albert, kugeza ubwo izasoherera irindi tangazo ribisubukura.

Uyu mutwe ufashe Goma nyuma y’iminsi ibiri uhaye ingabo za RDC amasaha 48 yo kuba zarambitse imbunda zabo hasi, mu rwego rwo kwirinda guhindura uyu mujyi ikibuga cy’imirwano.

Ibyo bibaye mu gihe ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, iza Afrika y’Amajy’epfo, SAMIDRC, zahoraga zifasha iza RDC kurinda umujyi wa Goma zari zimaze gukuramo akabo karenge, nyuma y’uko M23 yarimaze kubarusha imbaraga.

Tags: GomaM23
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Muri Afrika y’Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

Muri Afrika y'Epfo umuryane uruvuza ubuhuha ku ntambara iri i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?