• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo abasirikare ba RDC bahungiye mu Rwanda bari kuvuga.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bamwe mu basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo (Fardc), bahungiye mu Rwanda bakakirwa n’ingabo z’iki gihugu, nyuma y’uko bari bamaze kubona ko batsinzwe n’umutwe wa m23, bahitamo gukizwa n’amaguru kuko ntayandi mahitamo bari basigaranye, bavuga ko bakiriwe neza kandi ko bishimiye uburyo bakiriwe.

Aba basirikare bagera kuri 25 binjiye mu Rwanda banyuze ku mupaka munini uzwi nka grande barrière, nyuma yo kuneshwa n’umutwe wa m23.

Mu Rwanda bakiriwe n’inzego zishinzwe umutekano warwo, zabambuye imbunda zabo, ndetse n’ibindi bikoresho byose bya gisirikare bari bafite.

Ndetse kandi aba basirikare basatswe kugira ngo batagira ibyo basigarana byahungabanya umutekano w’u Rwanda, banasanganwa n’urumugi mu mifuka yabo.

Muri aba basirikare umwe yabwiye itangaza makuru ry’u Rwanda ko bafashe icyemezo cyo guhingira mu Rwanda nyuma yo kubona ko m23 yabaruahije imbaraga.

Yigize ati: “Twari tumaze kubura inzira kandi tunaniwe cyane , ndetse twanabuze umusaada. Ni bwo twafashe umwanzuro wo guhungira aha.”

Nyuma uwo musirikare yabajijwe uko bakiriwe mu Rwanda, nawe ati: “Batwakiriye neza cyane, twahageze amahoro.”

Aba basirikare bahungiye mu Rwanda, mu gihe umutwe wa m23 wari washyize itangazo hanze, kuri uyu wa mbere, uvuga ko umujyi wa Goma wamaze kubohorwa, ndetse unasaba abasirikare ba rwana ku ruhande rwa leta gushyikiriza imbunda ingabo za MONUSCO, bamwe bakaba banabikoze bo muri izi ngabo za RDC.

Gusa, n’ubwo umujyi wa Goma wamaze kubohorwa, ariko hamwe nahamwe mu duce twawo, haracyumvikana urusaku rw’amasasu, ndetse hakaba n’ayumvikanye cyane ku kibuga cy’indege cya Goma, ayo bivugwa ko ari ay’abasirikare babuze inzira yo guhunga, banga no kurambika intwaro zabo hasi, bahitamo kurwana kugeza ku munota wa nyuma w’ubuzima bwabo, nk’uko birimo kuvugwa.

Tags: FardcGomaM23
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?