• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2025
in Regional Politics
0
M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Umutwe wa M23 uheruka gufata umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wigaruriye ibindi bice byinshi muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

M23 yigaruriye umujyi wa Goma tariki ya 27/01/2025, nyuma y’imirwano ikomeye yamaze iminsi ibiri ibera muri uwo mujyi no mu nkengero zawo.

Iyi mirwano umutwe wa M23 wari uyihanganyemo n’abasirikare babarirwa mu bihumbi birenga amagana byo ku ruhande rwa Leta, barimo abo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe za RDC (Hiboux), n’abo mu mutwe urinda perezida Félix Tshisekedi (Garde Rèpublicaine) n’abandi barimo imitwe yitwaje intwaro ifasha iki gihugu kurwanya uyu mutwe wa M23.

Kuri ubu uyu mutwe ukaba ukomeje kwerekeza i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, aho amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe yemeza ko wabohoje ibindi bice mu buryo budasanzwe byo muri teritware ya Kalehe.

Ahar’ejo uyu mutwe wigaruriye uduce turimo Mukwindja, Kinyenzire n’utundi turi mu nkengero ya centre ya Kalehe.

Imirwano uyu mutwe wakoze yokwigarurira utu duce yaje ikurikira iyabaye ku wa gatatu aho naho wigaruriye Localité yose ya Nyabibwe.

Andi makuru avuga ko uyu mutwe wafashe ibikoresho byagisirikare byinshi ingabo zo ku ruhande rwa leta zifashishaga mu ntambara ihanganishije impande zombi. Ibyo bikoresho bikaba birimo n’indege yo mu bwoko bwa Sukhoï -25.

Mu gihe imbunda zo wafashe zirimo izo mu bwoko bwa BM-21 n’izindi z’imisaada. Ibyo bikoresho byose bikaba byafatiwe ku kibuga cy’indege cya Goma aho zari zishinze, nk’uko amakuru abivuga.

Urwego rw’igihugu cy’u Rwanda rw’itangazamakuru (RBA), rwashyize amashusho hanze agaragaza indege ya Sukhoï-25 ya FARDC, kajugujugu za gisirikare n’ibibunda bikaze byari kuri iki kibuga cy’indege cya Goma kuri ubu kigenzurwa na M23.

Hagataho, imirwano irakomeje muri teritware ya Kalehe, aho uyu mutwe wenda kuyigarurira yose, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Tags: FardcM23Sukhoï -25
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?