Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 12, 2025
in Religion
0
Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yahamagariye abayobozi b’amadini atandukanye yo muri iki gihugu kwihuriza hamwe bagashaka ingamba zihuriweho zo kugarura umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Perezida Tshisekedi yatangarije ibi mu muhuro yagiranye n’abahagarariye amadini n’amatorero atandukanye akorera ku butaka bwa RDC ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 11/02/2025.

Bamwe muri aba bayobozi ba madini bitabiriye uyu muhuro barimo uyoboye idini rya Kibanguist n’abayobozi b’umuryango w’abayisilamu muri RDC. Ibi biganiro byari biyobowe n’Abipisikopi gatolika ndetse n’abahagarariye idini ry’Abangilikani byibanze ahanini mu gusaba ko hajyaho ibiganiro byikubagaho bigamije gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse n’umujyi wa Goma wamaze gufatwa n’umutwe wa M23.

Arkiyepiskopi Yamapia Evariste usanzwe ari umuyobozi wemewe n’amategeko w’idini rya Revival Church wari uyoboye izi ntumwa yerekanye ko impamvu nyamukuru perezida Félix Tshisekedi yabatumiye ari uko ashaka ko bahuriza hamwe imbaraga zabo mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Nk’umwanzuro wafatiwe muri iyi nama, aba bayobozi b’amadini banzuye ko hagiye gutegurwa imyigaragambyo izakorwa mu mahoro n’amasengesho y’iminsi myinshi yihariye agamije gusaba ko hajyaho amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe Cardinal Ambongo aheruka gusaba perezida Félix Tshisekedi kwemera kujya mu mishyikirano na M23.

Ambogo yatanze ubu busabe, mu gihe inama iheruka guhuza abakuru b’ibihugu bigize imiryango ya EAC na SADC yasabye leta ya Kinshasa kujya mu mishyikirano n’imitwe ihanganye na yo irimo na M23, mu rwego rwo gukemura amakimbirane bafitanye.

Tags: AmadiniTshisekediYatakambiye
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.

Ibivugwa ku ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?