• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry’ibiganiro ndetse avuga n’ikigiye gukurikiraho.

minebwenews by minebwenews
March 20, 2025
in Regional Politics
0
Iby’imishikirano ya RDC n’umutwe wa m23 i Luanda.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry’ibiganiro ndetse avuga n’ikigiye gukurikiraho.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ubutegetsi bwa Leta ya Angola bwatangaje ko buzakora ibishoboka byose kugira ngo hazabe ibiganiro hagati ya Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa m23 uyirwanya.

Ni ibiganiro by’imishikirano byari kuba byarabaye hagati ya Congo na m23, tariki ya 18/03/2025, ariko biza gusubikwa mu buryo butunguranye, nyuma y’aho m23 itangaje ko itakicyitabiriye ibiganiro, ngo kuko bamwe mu bayobozi bayo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Nyuma Angola yashyize hanze itangazo imenyesha ko ibi biganiro byari biteganyijwe kuba ku wakabiri ushyize, byasubitswe ku mpamvu itunguranye.

Nanone itangazo ryayo rikomeza rivuga ko Angola, nk’umuhuza izakomeza gushyira imbaraga zishoboka zose kugira ngo iyi nama izabe mu gihe gikwiye, kandi ishimangira ko ibiganiro ari yo nzira yonyine yatanga igisubizo kirambye cy’amahoro mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mugihe kandi ikiganiro giheruka guhuza perezida Felix Tshisekedi wa Congo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda i Doha muri Qatar, aba bakuru b’ibihugu byombi bemeje ko hakenewe inzira y’ibiganiro hagati ya Congo n’umutwe wa m23 kugira ngo hashakwe umuti w’amakimbirane ari mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ni ibiganiro byari biyobowe n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar, Sheikh Termin Bin Hamad Al Thani, aho aba bakuru b’ibihugu bemezanyije kandi gushaka umuti w’ikibazo cya FDLR, urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, kugira ngo iki gihugu cyizere ko nta mbogamizi zagihungabanyiriza umutekano.

Tags: AngolaibiganiroLowrenco
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Tshisekedi yavuze ku biganiro byamuhuje na Kagame i Doha muri Qatar, agira n'icyo avuga kuri FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?