• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi yavuze ku biganiro byamuhuje na Kagame i Doha muri Qatar, agira n’icyo avuga kuri FDLR.

minebwenews by minebwenews
March 20, 2025
in Regional Politics
0
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yavuze ku biganiro byamuhuje na Kagame i Doha muri Qatar, agira n’icyo avuga kuri FDLR.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, nyuma yo guhurira na perezida Paul Kagame w’u Rwanda muri Qatar mu biganiro bigamije gushakira hamwe igisubizo kirambye cy’u mutekano muke uri hagati y’ibi bihugu byabo, yavuze ko yifuza amahoro arambye hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, gusa yongeraho anyuzamo avuga ko umutwe wa FDLR atumva neza ikibazo uteje kandi ko abawugize ari bake, nk’uko yabibwiraga igitangazamakuru cya Le Figaro.

Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu biganiro i Doha bahujwe n’umukuru w’ikirenga, Emir wa Qatar ku wa kabiri tariki ya 18/03/2025.

Perezida Felix Tshisekedi aganira na kiriya gitangaza makuru, yavuze ko ibijanye n’iyi nama yamuhuje na perezida Paul Kagame w’u Rwanda hamwe na Emir wa Qatar, byatangiye kugirwamo uruhare n’intumwa za Qatar mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Yagize ati: “Inama yabaye mu mwuka mwiza. Intambwe y’ibanze yaratewe dufashijwe n’intumwa za Qatar. Nahuye n’umwe mu ntumwa za Qatar mu kwezi kwa kabiri mu nama yiga ku mutekano ya Munich. Intambwe ikurikiraho izatangazwa, kuko icyingenzi cyari ugahagarika imirwano ako kanya nta yandi mananiza. Ibiganiro bigomba gukomeza kugira ngo haboneke umuti urambye.”

Qatar yavuze ko ubuhuza bwayo budakuraho izindi nzira zemejwe zo gushakira amahoro arambye u Burasizuba bwa Congo, bivuze ibiganiro by’i Luanda na Nairobi, hubwo ko bugamije kugarura icyizere hagati y’impande zombi.

Ibi biganiro byahuje Tshisekedi na Kagame hamwe na Emir wa Qatar, byabaye mu gihe hari hitezwe ibyagomba guhuza m23 na Leta y’i Kinshasa. Ariko ntibyaba kubera umutwe wa m23 wavuze ko utabijamo ngo kubera abayobozi bawo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Ibyo Tshisekedi we atabona mu buryo bumwe. M23 ivuga ko ibihano by’u Burayi, bitsikamira inzira y’amahoro n’ibiganiro kandi bikaba biri mu gushaka kwa Tshisekedi, we, avuga ko ikibazo ari m23 idashaka amahoro.

Abajijwe icyo atekereza kubivugwa na m23 ko umuryango mpuzamahanga ukomeje kubangamira inzira z’amahoro, yahise asubiza agereka ibibazo byose ku Rwanda, avuga ko rwitwaza guhiga FDLR kandi ngo rukagerekaho kwiba n’amabuye y’agaciro muri iki gihugu.

Yabajijwe kandi niba yiteguye kwambura FDLR intwaro, nka kimwe mu bibangamiye u Rwanda, asubiza ko uwo mutwe ntacyo utwaye, ariko azazibambura.

Yagize ati: “Yego, kubambura no kubasubiza mu buzima busanzwe. Ibi ni byo gahunda ya Nairobi iteganya, mu kurwanya imitwe yose yitwaje intwaro yaba iy’imbere mu gihugu n’iyo mukarere, ikorera mu Burasizuba bwa Congo. FDLR ni umutwe udafite ingufu, ugizwe n’abantu bake batageze 750, nibo bakoze jenocide. Ntacyo iricyo ugereranyije na m23.”

Abajijwe ku gisirikare cye, yemera ko hari ibibazo gifite, ndetse kandi avuga ko mu gukemura ibyo bibazo gifite yavuguruye amasezerano amwe igihugu gifitanye n’u Bushinwa mu bijanye n’amabuye y’agaciro mu gushaka ubushobozi.

Yagize ati: “Igisirikare cyacu kigizwe n’abasirikare bagera ku bihumbi 100. Umushahara w’umwe ugera ku madolari y’Amerika 100.” Ariko ubu yarongerewe umusirikare uri kurugamba ashobora guhabwa 500$ ku kwezi.

Mu bisubizo byose Tshisekedi yasubije bigaragaza ko hakiri ntambwe ndende ngo amahoro agerweho mu Burasizuba bwa Congo.

Nyamara uwahoze ari perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, aheruka gusubiza Felix Tshisekedi, aho yavuze ko ibibazo byose RDC ifite byatewe n’uyiyoboye, ari we Tshisekedi. Bishatse kuvuga imiyoborere mibi iki gihugu kirimo.

Tags: FDLRImiyoborere mibiRdcTshisekedi
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Icyo FARDC n’abambari bayo bazindutse bakora ahatuwe n’Abanyamulenge muri iki gutondo cyo kuri uyu wa kane.

Icyo FARDC n'abambari bayo bazindutse bakora ahatuwe n'Abanyamulenge muri iki gutondo cyo kuri uyu wa kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?