• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.

You might also like

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera

Umutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa wa m23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, watangaje ko urubyiruko rwo muri teritware ya Masisi rurimo abantu barenga ijana rwabasabye kwinjira mu gisirikare cy’uyu mutwe.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa m23 Lawrence Kanyuka mu gitondo cyo ku wakane tariki ya 20/03/2025, mu butumwa yatambukije akoresheje x.

Lawrence Kanyuka yagize ati: “Urubyiruko rubarirwa mu ijana rwo muri Bwerimana ho muri cheferi ya Buhunde muri teritware ya Masisi, rwagaragaje ubushake bwo kwinjira mu gisirikare cya AFC/m23.”

Uyu muvugizi yasobanuye ko ubu bushake bw’uru rubyiruko rwabugaragaje ku wa kabiri tariki ya 17/03/2025, mu biganiro guverineri wungirije w’intara, Shaddrack Amani Bahati yari yagiranye n’abaturage bo muri aka gace ka Bwerimana.

Muri iki kiganiro, guverineri wungirije wari uhagarariye guverineri, yagisabyemo abaturage kugira uruhare mu mutekano wabo, kandi bakunga ubumwe, kugira ngo babashe kugera ku iterambere.

Uyu mutwe wa m23 ukomeje kunguka amaboko mashya y’abarwanyi bari kuwinjiramo, wamaze no gufata umujyi wa Walikale wo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe ku mu goroba wo ku itariki ya 19/03/2025, ni bwo aba barwanyi bo muri m23 bigaruriye uyu mujyi mukuru wa teritware ya Walikale, nyuma y’aho wari wamaze gufata inkengero zawo.

Ufashe iki gice nyuma y’aho kandi wanze kwitabira ibiganiro byagombaga kuwuhuza na Leta y’i Kinshasa, bikaba byari kuba ku ya 18/03/2025, bikabera i Luanda muri Angola, ariko uyu mutwe ukaza kwanga kubyitabira ku munota wa nyuma nyuma y’aho bamwe mu bayobozi bawo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Tags: Amaboko mashyaM23Masisi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe Makyambe Mishembe Laurent wahoze ari administrateur wungirije wa teritware ya Minembwe iyari yarashyizweho n'umutwe wa RDC warwanyaga...

Read moreDetails

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira Imwe mu mpamvu zatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwa magana Brigadier General...

Read moreDetails

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 09/09/2025, abantu bitwaje intwaro bikekwa kwari Wazalendo binjiye...

Read moreDetails

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zirashinjwa gushimuta umugabo wo mu bwoko bw'Ababembe mu Mikenke muri secteur ya Itombwe, teritware...

Read moreDetails

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye Amakuru meza avugwa i Mulenge iwabo w'Abanyamulenge, mu misozi ihanamiye ikibaya cya Rusizi n'ikiyaga cya Tanganyika mu ntara...

Read moreDetails
Next Post
The U.N. food aid Agency has issued a stark warning that funding cuts by the Trump administration will lead to millions facing starvation. 

The U.N. food aid Agency has issued a stark warning that funding cuts by the Trump administration will lead to millions facing starvation. 

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?