• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, July 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.

minebwenews by minebwenews
March 21, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze ibyuko yungutse amaboko mashya.

You might also like

C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare

DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations

Umutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa wa m23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, watangaje ko urubyiruko rwo muri teritware ya Masisi rurimo abantu barenga ijana rwabasabye kwinjira mu gisirikare cy’uyu mutwe.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa m23 Lawrence Kanyuka mu gitondo cyo ku wakane tariki ya 20/03/2025, mu butumwa yatambukije akoresheje x.

Lawrence Kanyuka yagize ati: “Urubyiruko rubarirwa mu ijana rwo muri Bwerimana ho muri cheferi ya Buhunde muri teritware ya Masisi, rwagaragaje ubushake bwo kwinjira mu gisirikare cya AFC/m23.”

Uyu muvugizi yasobanuye ko ubu bushake bw’uru rubyiruko rwabugaragaje ku wa kabiri tariki ya 17/03/2025, mu biganiro guverineri wungirije w’intara, Shaddrack Amani Bahati yari yagiranye n’abaturage bo muri aka gace ka Bwerimana.

Muri iki kiganiro, guverineri wungirije wari uhagarariye guverineri, yagisabyemo abaturage kugira uruhare mu mutekano wabo, kandi bakunga ubumwe, kugira ngo babashe kugera ku iterambere.

Uyu mutwe wa m23 ukomeje kunguka amaboko mashya y’abarwanyi bari kuwinjiramo, wamaze no gufata umujyi wa Walikale wo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe ku mu goroba wo ku itariki ya 19/03/2025, ni bwo aba barwanyi bo muri m23 bigaruriye uyu mujyi mukuru wa teritware ya Walikale, nyuma y’aho wari wamaze gufata inkengero zawo.

Ufashe iki gice nyuma y’aho kandi wanze kwitabira ibiganiro byagombaga kuwuhuza na Leta y’i Kinshasa, bikaba byari kuba ku ya 18/03/2025, bikabera i Luanda muri Angola, ariko uyu mutwe ukaza kwanga kubyitabira ku munota wa nyuma nyuma y’aho bamwe mu bayobozi bawo bafatiwe ibihano n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Tags: Amaboko mashyaM23Masisi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

C64 Byayikomeranye: Nyuma y'Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw'Iri Huriro mu Kindi Gihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n'ibibazo...

Read moreDetails

AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare

Kuva ku Rugamba rwa AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Colonel Mufoko, uzwi cyane...

Read moreDetails

DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations

. . . . DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations MINEMBWE CAPITAL NEWS The Government of the Democratic Republic of the Congo...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n’Abasirikare Bishwe

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n’Abasirikare Bishwe

Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n'Abasirikare Bishwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uravuga ko wafashe agace ka Kimete, kamwe...

Read moreDetails

Igisirikare cya FARDC n’icy’u Burundi Cyahuye n’Imbaraga Zimiriza Izindi mu Mirwano Zahuriyemo na MRDP-Twirwaneho mu Misozi ya Minembwe; Uyu Mutwe Uvuga ko Bahuye n’Isomo Batazibagirwa Ibihe Byose — Ibindi Birambuye kuri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Igisirikare cya FARDC n’icy’u Burundi Cyahuye n’Imbaraga Zimiriza Izindi mu Mirwano Zahuriyemo na MRDP-Twirwaneho mu Misozi ya Minembwe; Uyu Mutwe Uvuga ko Bahuye n’Isomo Batazibagirwa Ibihe Byose — Ibindi Birambuye kuri iyi Nkuru

Igisirikare cya FARDC n’icy’u Burundi Cyahuye n’Imbaraga Zimiriza Izindi mu Mirwano Zahuriyemo na MRDP-Twirwaneho mu Misozi ya Minembwe; Uyu Mutwe Uvuga ko Bahuye n’Isomo Batazibagirwa Ibihe Byose —...

Read moreDetails
Next Post
The U.N. food aid Agency has issued a stark warning that funding cuts by the Trump administration will lead to millions facing starvation. 

The U.N. food aid Agency has issued a stark warning that funding cuts by the Trump administration will lead to millions facing starvation. 

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?