• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku bayobozi bo mu Burundi bafunzwe bazira M23 na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku bayobozi bo mu Burundi bafunzwe bazira M23 na Twirwaneho.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku bayobozi bo mu Burundi bafunzwe bazira M23 na Twirwaneho.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Abayobozi bane barimo abapolisi babiri bakuru n’umuyobozi w’urwego rwa FFB bafungiye muri gereza nkuru y’u Burundi iherereye ku Musanga i Bujumbura, bazira gushyigikira umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho birwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu minsi mike ishize nibwo aba bayobozi bo mu Burundi inzego z’umutekano za bataye muri yombi.

Bikavugwa ko bazize ubutumwa batanze kurubuga rumwe rwa Whatsapp ruhuriyeho abayobozi ba Leta, aho ubwo butumwa bwavugaga ku ntambara iri kubera mu Burasizuba bwa Congo.

Nk’uko bisobanurwa ubuyobozi bumaze kubona buriya butumwa ngo bwasanze burimo ikintu gikomeye, aho ngo bwashimagizaga cyane ubutwari bwa m23 na Twirwaneho, imitwe ya gisirikare irwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Bizwi ko igisirikare cy’u Burundi gisanzwe cyarohereje abasirikare bacyo barenga ibihumbi 20, kuja gufasha igisirikare cya RDC kurwanya iriya mitwe ibiri uwa Twirwaneho n’uwa M23. Nyamara uru rubanza rugaragaza ubushyamirane buri hagati y’ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo, kumviriza telephone n’ibibazo bya politiki biri mu Burundi.

Bariya bafashwe bazira gutanga ibitekerezo bishima ubutwari bwa m23 na Twirwaneho, barimo abapolisi babiri bakuru. Uwitwa Kevin Nishimwe, ufite ipeti rya Lieutenant, akaba avuka muri komine ya Mabanda na Albert Ndayisaba, nawe w’umulieutenant we, avuka muri komine ya Burambi mu ntara ya Rumonge mu majy’epfo y’uburengerazuba.

Mu bandi bafunzwe barimo Manassé Nizigiyimana, akaba ari umwe mu bagize umuryango wa SWAA u Burundi, ukomoka mu Budaketwa.

Hakaba kandi na Jeremie, umunyamabanga mukuru w’ishirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi (FFB).

Aya makuru akomeza avuga ko iriya grupe batangiyeho ubutumwa, iyobowe na Lt.Gen. Andre Ndayambaje wo mu gipolisi, uyu ni umunyamabanga uhoraho ushinzwe umutekano wa rubanda muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.

Ubu butumwa bari basangije abandi kuri iriya grupe ya Whatsapp, abo byateye amakenga barabufashe babwoherereza mu basirikare bashyinzwe iperereza kugira ngo babwigeho.

Abandi n’abo basanga bikomeye, ni ko guhita babata muri yombi, aho babanje kubafungira mu iperereza ahazwi nka Documentation. Ku wa gatandatu wa kiriya cyumweru gishize ni bwo bajanwe gufungirwa ku Musanga ahazwi nka Mpimba nkuru y’u Burundi.

Ku rundi ruhande, ifatwa rya Jeremie Manirakiza, umunyamabanga mukuru w’ishirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi, agarutse avuye mu butumwa muri Maroc, ryateye kwibaza ibibazo bikomeye. Abayobozi nabwo nta bisobanuro batanze.

Hagataho, bivugwa ko batangiye kwitaba ubutungane, nyuma y’aho bavanwe mu iperereza bazanwa muri Mpimba.

Tags: BurundiDocumentationM23MpimbaTwirwaneho
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.

FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?