Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 12, 2025
in World News
0
Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Michelle Obama yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yatandukanye na Obama.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Michelle Obama yamaganye ku mugaragaro abavuga ko yatandukanye n’umugabo we Barrack Obama, avuga ko ibyo ari ibihuha byambaye ubusa.

Ibyo kuvuga ko Michelle Obama yatandukanye n’umugabo we, byatangiye kuvugwa nyuma y’aho uyu mugore ataragiherekeza umugabo we mu bikorwa byo kurwego rwo hejuru, harimo no kuba ataraherekeje Obama mu muhango wo kurahira kwa perezida Donald Trump ndetse no mu muhango wo gushyingura uwahoze ari perezida w’Amerika Jimmy Carter. Ibi byatumye bihwihwisa ko bashobora kuba baratandukanye.

Mu kiganiro Michelle Obama umugore wuwahoze ari perezida w’Amerika yamaze gushyira hanze, yasobanuye ko ubu ari mumwanya wo kugenzura ingengabihe nk’umugore ukuze.

Avuga ko abantu batashoboye kwemera ko yifatira icyemezo we ubwe, ahubwo ko bishyizemo umugabo we nkaho bagiye gutandukana.

Ati: “Bishyizemo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana. Ariko nyama sibyo. Nababivuze baribeshye.”

Michelle Obama yavuze ko yumva hari icyo yishinja mu mutima we kubera ukuntu hari inshingano zimwe yikuyemo.

Yagize ati: “Icyo ni kintu twebwe nk’abagore, ntekereza ko tugorwa na cyo nko kumva ko twatengushye abantu.”

“Ndashaka kuvuga ko ari uko bimeze cyane, kuburyo uyu mwaka abantu batashoboraga no kwiyumvisha ko ari amahitamo yanjye nari ndimo gukora ku bwanjye, kuburyo byabaye ngombwa ko bishyiramo ko umugabo wanjye nanjye turimo gutandukana.”

“Ariko mukuri ndi umugore ukuze ngomba kwifatira ibyemezo runaka , sibyo? Ariko kandi ibyo nibyo sosiyete idukorera nk’abagore.”

Yageze aha agira ati: “Nahisemo gukora icyari kinogeye cyane kurusha ibindi, kandi icyo nakoze narinkwiye gukora n’icyo nakoze.”

Michelle Obama kandi yavuze ko hari n’ibindi yitayeho, bijyanye n’imyigire y’abana aho yagize ati: “Hari n’ibindi nitayeho nshishikajwe no kwita k’uburezi bw’abana b’abakobwa banjye.”

Kubwe avuga ko ibyo ari byo byatumye atabana na Barrack Obama muri iriya mihango yavuzwe haruguru. Ariko ko bakibanye n’umugabo we nk’umugore n’umugabo.

Tags: GutandukanaMichelle ObamaUmugabo we
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Ingabo za Uganda zatabaye Abarundikazi bari barafashwe na ADF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?