• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Doha hahuriye intumwa z’ibihugu bitanu ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2025
in Regional Politics
0
I Doha hahuriye intumwa z’ibihugu bitanu ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Doha hahuriye intumwa z’ibihugu bitanu ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije mu mujyanama wa perezida w’iki gihugu kubyerekeye Afrika, Massad Boulos, yahuriye i Doha muri Qatar n’abayobozi bahagarariye u Rwanda, Repubulika ya demokarasi ya Congo, Togo n’u Bufaransa.

Ni amakuru yashyizwe hanze ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 30/04/2025 n’ibiro bya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Qatar, aho bigaragaza ko izi ntumwa zahuye nyuma yuko abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Congo, bahuriye i Doha tariki ya 18/03/2025.

Ibi biro bikavuga ko ibiganiro byibanze ku gushyira imbaraga ku kibazo cy’u mutekano mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse n’ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ikorera muri Congo, hagamijwe gushaka igisubizo kirambye.

Bikomeza bivuga ko izi ntumwa zashimye umuhate wa Qatar mu kumviikanisha AFC/M23 na Leta ya Congo, mu gufasha ko imirwano ihagarara.

Banashimye kandi ko ikibazo gikmurwa mu gushaka amahoro arambye, haherewe mu mizi.

Izi ntumwa z’ibi bihugu zisanga kandi ari ngombwa ko ubusugire bw’ibihugu bugomba kubahirizwa.

Ubundi kandi izi ntumwa zasabye ko hakomeza intambwe yatewe n’imiryango ya SADC na EAC mu nama yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania tariki ya 08/02/2025.

Bashimye kandi amasezerano yasinyiwe i Washington DC, tariki ya 25/04/2025, bavuga ko azatanga umusanzu ukomeye kandi akarushaho kuzamura icyizere, guhagarika imirwano, no gukemura ikibazo mu mahoro, mu ntambara iri mu Burasizuba bwa Congo.

Ibintu bisa nk’ibiri kujya mu buryo mu Burasizuba bwa Congo nyuma y’ibiganiro byagiye bikorwa n’abahuza batandukanye barimo na Qatar.

Ibi byatumye ingabo za SADC zarwanaga ku ruhande rwa Leta ya Congo zifata icyemezo cyo gucyura abasirikare bayo n’ibikoresho byabo.

Tags: IntumwaQatarRdcRwanda
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n'u mutwe wa FDLR. U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, rwatangaje ko ibikorwa by'umutwe w'iterabwoba wa FDLR ruruteye inkenke...

Read moreDetails

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho. Mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba mu mwaka wa 2004 mu gihugu cy'u Burundi bavuze ko basanga...

Read moreDetails

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu. Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi n'umugaba mukuru w'Ingabo z'icyo gihugu, General Prime Niyongabo, bararebana ay'ingwe bapfa amabuye...

Read moreDetails

Intambara ihuza FARDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda na zo ngo zishobora kuyinjiramo, soma inkuru irambuye.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Intambara ihuza FARDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda na zo ngo zishobora kuyinjiramo, soma inkuru irambuye.

Intambara ihuza ingabo za RDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda nazo ngo zishobora kuyinjiramo, soma Inkuru irambuye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Auto Draft

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n'icy'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Iby’umusirikare w’u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge.

Iby'umusirikare w'u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?