Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Doha hahuriye intumwa z’ibihugu bitanu ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2025
in Regional Politics
0
I Doha hahuriye intumwa z’ibihugu bitanu ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Doha hahuriye intumwa z’ibihugu bitanu ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

You might also like

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije mu mujyanama wa perezida w’iki gihugu kubyerekeye Afrika, Massad Boulos, yahuriye i Doha muri Qatar n’abayobozi bahagarariye u Rwanda, Repubulika ya demokarasi ya Congo, Togo n’u Bufaransa.

Ni amakuru yashyizwe hanze ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 30/04/2025 n’ibiro bya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Qatar, aho bigaragaza ko izi ntumwa zahuye nyuma yuko abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Congo, bahuriye i Doha tariki ya 18/03/2025.

Ibi biro bikavuga ko ibiganiro byibanze ku gushyira imbaraga ku kibazo cy’u mutekano mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse n’ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ikorera muri Congo, hagamijwe gushaka igisubizo kirambye.

Bikomeza bivuga ko izi ntumwa zashimye umuhate wa Qatar mu kumviikanisha AFC/M23 na Leta ya Congo, mu gufasha ko imirwano ihagarara.

Banashimye kandi ko ikibazo gikmurwa mu gushaka amahoro arambye, haherewe mu mizi.

Izi ntumwa z’ibi bihugu zisanga kandi ari ngombwa ko ubusugire bw’ibihugu bugomba kubahirizwa.

Ubundi kandi izi ntumwa zasabye ko hakomeza intambwe yatewe n’imiryango ya SADC na EAC mu nama yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania tariki ya 08/02/2025.

Bashimye kandi amasezerano yasinyiwe i Washington DC, tariki ya 25/04/2025, bavuga ko azatanga umusanzu ukomeye kandi akarushaho kuzamura icyizere, guhagarika imirwano, no gukemura ikibazo mu mahoro, mu ntambara iri mu Burasizuba bwa Congo.

Ibintu bisa nk’ibiri kujya mu buryo mu Burasizuba bwa Congo nyuma y’ibiganiro byagiye bikorwa n’abahuza batandukanye barimo na Qatar.

Ibi byatumye ingabo za SADC zarwanaga ku ruhande rwa Leta ya Congo zifata icyemezo cyo gucyura abasirikare bayo n’ibikoresho byabo.

Tags: IntumwaQatarRdcRwanda
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye. Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n'inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika. Ku...

Read moreDetails

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Nyuma yo guhura n'abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yizeye ko...

Read moreDetails

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails
Next Post
Iby’umusirikare w’u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge.

Iby'umusirikare w'u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?