• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero by’indege i Moscow byatumye ibibuga by’indege bifungwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 7, 2025
in World News
0
U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero by’indege i Moscow byatumye ibibuga by’indege bifungwa.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Leta y’u Burusiya yatangaje ko yafunze byagateganyo ibibuga by’indege bine biherereye mu murwa mukuru Moscow kubera ibitero bya drones Ukraine yagabye muri uyu mujyi mu minsi ibiri yikurikiranya.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuyobozi wa Moscow, Serge Sobyanin, aho yavuze ko nibura drones 19 za Ukraine zarashwe mbere yuko zigera mu mujyi aho zari ziturutse mu byerekezo bitandukanye.

Yanavuze ko bimwe mu bisigazwa by’izi drones byaguye muri imwe mu mihanda y’injira mu mujyi wa Moscow, ariko ko nta muntu n’umwe wahitanywe nabyo.

Kugeza ubu Ukraine ntacyo irabivugaho, ariko umuyobozi w’umujyi wa Kharkiv yavuze ko u Burusiya nabwo bwagabye ibitero by’indege zitagira abapilote muri uwo mujyi mu ijoro ryakeye, ndetse no muri Kyiv, aho byahitanye umuntu umwe bikanasenya ibikorwa remezo by’abasivili.

Mu ijoro rya kabiri ryikurikiranya u Burusiya butangaza ko Ukraine yagabye ibitero bya drone, ari nabwo minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje ko yarashe drones 26 zoherejwe na Ukraine.

Hagataho, ibibuga by’indege byari byafunzwe byaje gufungurwa nyuma y’amasaha make.

Ibihugu byombi bikomeje kugabanaho ibitero bikaze, mu gihe ibiganiro by’amahoro byenda gutangira ku mpande zombi, nk’uko bigenda bitangazwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Burayi ndetse n’ibi bihugu bihanganye ubwabyo.

Tags: Ibitero bya Drones
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?