• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe impamvu zatumye ubutumwa bwa SADC muri RDC butagera ku ntego.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe impamvu zatumye ubutumwa bwa SADC muri RDC butagera ku ntego.

You might also like

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Umuryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo, SADC, urimo gucyura ingabo wari warohereje muri Repubulika ya demokarasi ya Congo nyuma yo gutsindwa intambara zarizihanganyemo n’umutwe wa M23.

Izi ngabo ziri gucyurwa mu bihugu byabo zinyuze ku butaka bw’u Rwanda, nyuma y’umwaka urenga zirwana ku ruhande rw’ingabo za Congo.

Bimwe mu byari byarazanye izi ngabo muri Congo, mu butumwa buzwi nka SAMIDRC, kwari ukurwanya umutwe wa M23 zikawutsinsura, hanyuma zigafasha Leta y’i Kinshasa mu mugambi yari fite wo gutera u Rwanda, nk’uko bigaragarira mu nyandiko zafatiwe mu mujyi wa Goma ubwo M23 yawufataga mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Usibye kuba izi ngabo zari zigambiriye gutsinsura umutwe wa M23, zagombaga no guha imyitozo abasirikare ba FARDC.

Ibi ntibyagezweho nk’uko byari biteganyijwe, kubera ko izi ngabo zaje gutsindwa na M23 bidasubirwaho.

Umwalimu wigisha muri kaminuza yo muri Danmark, Thomas Mendra, yagaragaje ko mu mpamvu zatumye SAMIDRC inanirwa kugera ku ntego zayo zirimo guhashya M23, harimo kuba zitarasobanukiwe n’umwanzi barwanaga, imiterere ye, imbaraga za politiki ziri inyuma ye, ndetse n’imbaraga z’ibihugu by’ibihangange byi hishe inyuma y’intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo.

Ibyo yavuze, bihuye nibyo ibinyamamakuru byinshi byo muri Afrika y’Epfo, byakunze gutangaza ko uburyo bw’amafaranga yari guherekeza ingabo zari muri ubu butumwa bwa SAMIDRC, bwari buteguye nabi, ndetse kandi n’ibikoresho ubwabyo byari biteguye muburyo butagezweho.

Ubundi kandi igihugu cya Afrika y’Epfo cyakomeje kwigaragaza cyane nka kimwe mu bihugu bitifuza amahoro mu karere ahubwo cyifuzaga kurwanya M23 ikayimaraho , ariko ikirengngiza ko igisirikare cyayo gikwiye kongererwa ubushobozi mu buryo bwose.

Ubwo rero biragoye ko ubu butumwa bwari kugera ku kintu gihambaye mu gihe ibyacyo biteguye nabi.

Ikindi kivugwa ni uko SADC yasuzuguye EAC.

Ubutumwa bwa SADC byari bigoye kugera ku ntego, kuko mu ntangiriro, uyu muryango wa SADC ntiwigeze uha agaciro inzira y’amahoro yari yaraharuwe n’umuryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC.

Icyo gihe SADC yigaragaje nk’idashaka gukorana na EAC, kandi uyu muryango wa Afrika y’i Burasizuba bitari gushoboka ko uwusuzugura mu gihe bimwe mu bihugu biwugize nk’u Rwanda, Kenya na Uganda ari byo byikorera umutwaro w’ingaruka z’intambara ya Congo.

Ikindi ni uko EAC yari yagaragaje ko inzira ya politiki ari yo yakemura ikibazo kurusha iy’intambara.

Ku rundi ruhande, umuryango wa SADC wirengangije inzira y’amahoro yari yaratangijwe na EAC kandi yari imaze gutanga umusaruro kurusha ubutumwa bwa SAMIDRC.

Nyamara kandi Afrika y’Epfo yirengangije ko itari kuza muri aka karere, kuko ari akarere gacungirwa hafi n’ibihugu by’ibihangange ku Isi.

Mu mboni za Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kubona Afrika y’Epfo yijandika muri aka karere, ntabwo yashoboraga kubyemera , kuko ubutegetsi bw’iki gihugu cya Afrika y’Epfo bufatwa nk’ubuhagarariye umuryango wa BRICS muri Afrika ufatwa nk’umwanzi ukomeye w’u Burayi n’iyi Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: ImpamvuItsindwaRdcSADC
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

by minebwenews
August 29, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

by minebwenews
August 29, 2025
0
Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC. Thabo Mbeki wayoboye Afrika y'Epfo iri mu bihugu bikomeye byo muri...

Read moreDetails
Next Post
Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

Rwa mbikanye hagati y'u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?