• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2025
in World News
0
Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Igisirikare cy’u Buhinde cyarasanye bikomeye n’icya Pakistan, nyuma y’aho ibihugu byombi byari bigize iminsi bipfa agace ka Kshimir. Buri ruhande rwita aka gace akako.

Imirwano hagati y’igisirikare cy’u Buhinde n’icya Pakistan, bivugwa ko yabaye mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 07/05/2025.

Ni imirwano amakuru ava muri ibyo bice avuga ko yabereye mu duce twa Poonch na Tangdar duherereye mu karere ka Kashimir kari k’u ruhande rw’u Buhinde.

Iri rasana hagati y’impande zombi, ryaguyemo abantu 15 bo ku ruhande rw’u Buhinde, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Kimweho, Pakistan yatangaje ko abantu 26 bishwe n’ibitero by’indege byagabwe ku butaka bwayo, mbere yuko iri sana riba.

Pakistan kandi ikaba ishinja u Buhinde gucumbikira abarwanyi bagabye igitero mu karere ka Kashimir iyobowe n’u Buhinde, bityo iki gihugu kikavuga ko ibitero cyakoze biri mu rwego rwo kwihorera.

Mu gihe u Buhinde bwo buvuga ko bwagabye ibitero ahantu icyenda hari ibikorwa ivuga ko ari byabariya barwanyi, ariko ko nta gikorwa cya Pakistan cya gisirikare yarasheho mu rwego rwo kwirinda amakimbirane.

Pakistan ihakana ibirego byo gucumbikira abarwanyi ikavuga ko u Buhinde bwarashe ahantu hatandatu, ndetse igisirikare cya Pakistan kikaba cyahanuye indege 5 z’u Buhinde, ariko ntaruhande rwigenga rwemeje ayo makuru.

Bimwe mu bihugu bikomeye ku isi birimo n’u Bwongereza, u Bufaransa n’ibindi byasabye Pakistan n’u Buhinde guhagarika ubushamirane, naho u Burusiya bwatangaje ko buhangayikishijwe n’uwo mwuka w’intambara hagati ya Pakistan n’u Buhinde.

Ibitangazamamakuru byinshi, bivuga ko umubano w’impande zombi wabaye mubi cyane nyuma y’igitero cyo mu kwezi gushize aho abarwanyi bishe abantu 26 mu gace ka Pahalgam ko mu ntara ya Kashimir m’u Buhinde.

Tags: IntambaraKashimirPakistanU Buhinde
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?