• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC yahuriye n’akaga mu gitero yagabye mu Rugezi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 9, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yahuriye n’akaga mu gitero yagabye mu Rugezi.

You might also like

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

Igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu Rugezi, zagiherewemo isomo rikomeye, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 09/05/2025, ahagana isaha ya saa kumi nebyiri ku masaha ya Minembwe na Bukavu, ni bwo ibituruka byinshi byatangiye kumvikana mu duce twa Rugezi, aho iri huriro ry’ingabo za Congo zagabye ibitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23. Iyi mirwano ikaba y’irije umunsi wose.

Ni imirwano amakuru agaragaza neza ko yabereye mu gice cyitwa ku w’Ihene cyo mu Rugezi, aha akaba ari ku musozi uhanamiye indegu za Rugezi ugana mu mw’injiro w’i bibira werekeza i Gasiro uzakomereza i Mirimba mbere yuko ubanza kwa mbuka inzuzi nyinshi.

Aya makuru akomeza yerekana ko uru ruhande rwari rwagabye kiriya gitero rwagikubitiwe bikomeye kuri uyu musozi wo ku w’ihene, maze Ingabo zomurirwo zahita zihungira mu bice by’i Gasiro.

Abandi n’abo baziruka inyuma ari nako bagenda bazihondagurira mu nzira umugenda wose, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Gusa imirwano kandi yaje kongera isa niremeye mu bice by’i Gasiro, aho aba barwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa bashatse kwihagararago, ariko nanone biba ibyubisa, kuko Twirwaneho na M23 byabakubise inshuro, ubundi uru ruhande ru rwanirira Leta ruyabangira ingata.

Aya makuru kandi agaragaza ko imihana iri mbere ya Gasiro nayo uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byayifashe harimo kandi n’itangira i Gasiro uvuye ku w’Ihene nk’uwa Kimete, kwa Bigarenga n’indi.

Kurundi ruhande, abari baturiye utwo duce bahunze, nubwo kugenzura imibare yabo bikigoye, ariko amakuru yizewe avuga ko ahanini hari hatuye abagore n’abana ba FDLR na Wazalendo, dore ko bakunze kujana abagore iyo baba berekeje.

Hagataho, Rugezi yose iracyagenzura n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho. Ubundi kandi iyi mitwe irwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa yongeye kugazura ibirindiro byayo kuko yafashe n’igice kinini cya Gasiro kiri imbere ya Rugezi werekeza i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo.

Tags: ImirwanoRugezi
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y'i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje intumwa zayo i Doha...

Read moreDetails

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

"Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai," ubuhamya bukomeye. Inka umunani z'umugabo w'Umunyamulenge witwa Foma Hagaba, zari zaburiwe irengero kuva ku munsi w'ejo ku wa kane,...

Read moreDetails

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda. Abanyamategeko bakorera mu kwaha ku butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye urukiko rukuru rw'igisirikare cy'iki gihugu guhamya Joseph...

Read moreDetails

Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

Icyihishe inyuma y'inka za buriwe irengero mu Bibogobogo. Inka zibarirwa ku munani z'u mugabo witwa Foma Hagaba wo mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP -Twirwaneho ryagize Minembwe ahazwi nk'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo teritware. Ni cyemezo cyafashwe...

Read moreDetails
Next Post
FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?