• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2025
in Regional Politics
0
FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

You might also like

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB) cyatangaje ko giheruka kwivugana inyashyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FNL urwanya ubutegetsi bw’i Kigali mu Rwanda, ariko nacyo gipfusha abasirikare bacyo bagera ku 10.

Iki gisirikare gihamya ko cyishe ziriya nyeshyamba mu mirwano iheruka kuzihuza mu ishyamba rya Kibira riherereye mu ntara ya Cibitoki.

Ni nyuma y’aho izi ngabo z’u Burundi zifashe icyemezo cyo kugaba ibitero kuri uriya mutwe, ziwuhora kuba waranze kwifatanya na zo mu ntambara zirimo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zirwanya umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 muri Kivu y’Amajyepfo.

Ku bw’igisirikare cy’u Burundi, ngo kuba FLN yaranze kwifatanya na cyo cyabifashe nk’akagambane.

Aya makuru akomeza avuga ko inyashyamba zirenga 100 ingabo z’u Burundi zishe, zaguye mu bitero bibiri byagabwe mu kibira hagati mu kwezi kwa gatatu n’ukwa gatanu uyu mwaka.

Ku rundi ruhande, hari n’andi makuru avuga ko muri iyo mirwano yoguhiga inyashyamba yanaguyemo n’abasirikare b’u Burundi bagera mu icumi, nubwo ntacyo iki gisirikare cy’u Burundi cyabivuzeho.

Umusirikare w’u Burundi utarashatse ko amazina ye aja hanze akaba anafite ipeti rya captain yasobanuye uko byagenze, agira ati: “Twagose ibirindiro byabo mu ijoro. Bari bafite intwaro zihagije ariko twarabakubise. Twakoresheje uburyo bwo kubatungura kugira ngo tubice bose. Bihagararaho turahangana natwe abacu barahaguye bagera ku 10.”

Usibye inyashyamba zishwe izindi muri zo zigera kuri 30 zafashwe mpiri mbere yo kujanwa i Bujumbura ku murwa mukuru w’ubukungu guhatwa ibibazo. Ngo hari n’izindi zasanzwe mu kibira za komeretse.

Ubundi kandi ngo hafatwa n’ibikoresho bya gisirikare by’izo nyeshyamba ahanini birimo imbunda zo mu bwoko bwa AK-47, Pistolet n’amasasu menshi.

Muri zo nyeshyamba zafashwe mpiri zemeje ko zaturutse mu Burasizuba bwa Congo mbere yuko zishyinga ibirindiro byazo muri Kibira, kandi ko zahavuye kubera ko zanze kwifatanya n’ihuriro ry’ingabo za Congo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Uyu mutwe wa FLN ufite ihuriro rya MRCD risanzwe ritegwa inkunga na Paul Rusesabagina usanzwe arwanya ubutegetsi bw’i Kigali, ndetse hagati ya 2018 na 2019 uyu mutwe wagiye ugaba ibitero mu bice bitandukanye by’intara y’Amajyepfo n’iy’u burengerazuba mu Rwanda, wica abaturage batari bake.

Ingabo z’u Burundi, amakuru avuga ko zawuhindutse nyuma y’aho mu mwaka ushize impande zombi zagiye zikorana inama mu rwego rwo kugira ngo zinoze imikoranire kugira ngo zitere u Rwanda, ariko ntihabe guhuriza hamwe biviramo gusubiranamo.

Tags: FDNBFLNKibira
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

FARDC n'abambari bayo biswe wa pumbafu banasabirwa kwirukanwa iteka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?