Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 10, 2025
in World News
0
U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

You might also like

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Mu Burusiya ubwo bizihizaga imyaka 80 butsinze Abanazi bari bayobowe na Adolphe Hitler wari wabuteye mu cyitswe Leta Zunze ubumwe z’aba-soviyete mu ntamabara ya kabiri y’isi, muri ibyo birori bwabyerekaniyemo intwaro idasanzwe izwi nka Iskander iyateye ubwoba ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi.

Ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 09/05/2025, ni bwo mu Burusiya hakozwe akarasisi gakomeye k’i ngabo zicyo gihugu mu rwego rwo kwizihiza isabuku y’imyaka 80 butsinze Abanazi.

Ni umuhango amakuru agaragaza ko witabiriwe n’abakuru b’ibihugu 20, harimo n’ingabo z’ibihugu 13, birimo Misiri, u Bushinwa, Birimaniya na Vietnam.

Izi ngabo zakoze akarasisi gakomeye, aho hamwe zose izagakoze zari zigeze ku 11000.

Muri ako karasisi k’injyanamuntu, igisirikare cy’u Burusiya cyakagaragajemo zimwe mu ntwaro zidasanzwe cyibitseho.

Imwe muri zo hari iyitwa “Iskander ballestic missile,” ikaba iteye impungenge ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi. Bivugwa ko iyo ntwaro ifite ubushobozi bwo kurasa muri 500km, ikaba ari igisasu gishyirwa mu mututu wa misile zirasa mu ntera igereranyije zitari mpuzamigabane.

Iyi misile imaze guhahamura ingabo za Ukraine mu mijyi itandukanye imaze kuraswamo, kuko kugeza ubu nta bwirinzi bwo mu kirere iki gihugu cya Ukraine burayibonera, bigaragaza ko ibihugu byo muri NATO bitera inkunga iki gihugu bitarayibonera uburyo.

Tags: Iskander ballestic missileU Burusiya
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

by Bruce Bahanda
May 8, 2025
0
Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo.. Sosiyete z'indege zitandukanye zahagaritse ingendo zazo zacaga mu kirere cya Pakistan nyuma yuko rwongeye kwambikana hagati y'ingabo z'iki gihugu n'iz'u...

Read moreDetails

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

by Bruce Bahanda
May 7, 2025
0
Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

Rwa mbikanye hagati y'u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka. Igisirikare cy'u Buhinde cyarasanye bikomeye n'icya Pakistan, nyuma y'aho ibihugu byombi byari bigize iminsi bipfa agace ka Kshimir. Buri...

Read moreDetails

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

by Bruce Bahanda
May 7, 2025
0
Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse. Leta Zunze ubumwe z'Amerika za sezeranyije abimukira baba muri iki gihugu mu buryo butemewe n'amategeko, abazajya bibwiriza gusubira mu...

Read moreDetails

Ibitero by’indege i Moscow byatumye ibibuga by’indege bifungwa.

by Bruce Bahanda
May 7, 2025
0
U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.

Ibitero by'indege i Moscow byatumye ibibuga by'indege bifungwa. Leta y'u Burusiya yatangaje ko yafunze byagateganyo ibibuga by'indege bine biherereye mu murwa mukuru Moscow kubera ibitero bya drones Ukraine...

Read moreDetails

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

by Bruce Bahanda
May 5, 2025
0
Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

Icyakurikiyeho nyuma y'aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto. Umukuru w'igihugu cya Kenya William Samue Ruto, umugabo w'Umukenya yamuteye urukweto ubwo yari mu ruzinduko yarimo rwo gusura...

Read moreDetails
Next Post
Umuhanuzi w’Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba  yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Umuhanuzi w'Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?