Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2025
in Regional Politics
0
Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

You might also like

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

Abaganga bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo batangarije ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko bashobora kwimukira mu Rwanda, mu gihe Leta ye itabishyura amafaranga y’ibirarane ibabereyemo.

Babitangaje ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 13/05/2025, ubwo bari mu myigaragambyo isaba Leta ya RDC kubishyura.

Iyi myigaragambyo yabereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, no mu bindi bice biherereye hafi aho.

Amashusho yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga bumvikanamo baririmba indirimbo zirimo ubutumwa busaba Leta ko “ibi niba itabishoboye ngo itwishyure ibirarane itubereyemo turigendera i Kigali mu Rwanda. Ndetse kandi bavuga ko barambiwe n’ubutegetsi bwa Congo.

Ubwo bari muri iyo myigaragambyo bari bitwaje n’ibyapa byanditseho aya magambo: “Leta ni mutwishyure imishahara yacu, n’amafaranga yagahimbazamusyi, bikorwe aka kanya.”

Banagaragaje ko amafaranga barikwishyuza Leta ni ayo batahawe kuva mu kwezi kwa mbere uyu mwaka.

Hejuru y’ibyo, aba baganga barataka inzara , mu gihe mu minsi mike ishize perezida Felix Tshisekedi yatangaje ko agomba kubongerera umushahara, kimwe n’abandi bakozi ba Leta y’i Kinshasa.

Tags: AbagangaImishaharaKinshasaRwanda
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira. Ubushinjacyaha bwo mu Bubiligi bwashyikirijwe ikirego kiregwamo abantu bo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye. Muri iyi nkuru turagaruka ku bihe byagiye biranga umuryane wagiye uba hagati ya...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC. U Rwanda rwagaragaje ko igitangazamakuru cy'Abongereza cya BBC, gikomeje gusigiriza no kwamamaza umutwe w'iterabwoba wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze jenocide yakorewe...

Read moreDetails

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Auto Draft

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo. Inzego z'ibanze n'abantu bakuze nibo bahawe uwo mushinga wo kugena abazahabwa ubwenegihugu bwa Uganda, ariko bakazabutanga ku bantu bafite inkomoko...

Read moreDetails

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo. Inzego z'umutekano muri Kenya zafunze imihanda minini zitera n'ibyuka biryana mu maso ubwo zageragezaga gutatanya urubyiruko rwari rwuzuye uburakari...

Read moreDetails
Next Post
Politike n’iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:

Politike n'iki? Icyo umusesenguzi avuga kuri Politiki:

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?