Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 20, 2025
in Regional Politics
0
Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.

You might also like

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

Ishyaka rya UPRONA ryayoboye u Burundi igihe kirekire kuri ubu riri mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, rirashinja CNDD-FDD ya perezida Evariste Ndayishimiye guha akazi abanyamuryango, rititaye ku bumenyi bukenewe kugira ngo igihugu gitere imbere.

Ni byatangajwe na perezida w’ishyaka rya UPRONA, Olivier Nkurunziza, yavuze ko CNDD-FDD yimakaje akazu no guheza abahanga.

Yagize ati: “Urubyiruko rwinshi rushoboye ruguma mu rugo mu gihe abafite ibisabwa bahabwa imirimo kubera gusa ko ari abanyamuryanngo ba CNDD-FDD.”

Yagaragaje kandi ko CNDD-FDD idaha agaciro abarimu n’abashakashastsi, cyane cyane abo muri kaminuza y’u Burundi, nyamara ari urufatiro rw’iterambere ry’iki gihugu.

Yanavuze ko abadipolomate bahagarariye u Burundi mu mahanga badakora akazi kabo uko bikwiye, nk’aho igihugu cyabo kitagishishikajwe no kuba cyagirana umubano mwiza n’ibindi byo hirya no hino.

Umuyobozi mukuru wa UPRONA yatangaje ko Abarundi bakeneye abayobozi baha agaciro ubumenyi kandi baharanira ineza rusange, aho guteza imbere gusa abo mu ishyaka rimwe.

Tags: CNDD-FDDUbujijiUPRONA
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP. Olivier Rumenge Rugeyo wigezeho kwitoza mu matora y'abadepite yo mu mwaka wa 2023 muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu...

Read moreDetails

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira. Ubushinjacyaha bwo mu Bubiligi bwashyikirijwe ikirego kiregwamo abantu bo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye. Muri iyi nkuru turagaruka ku bihe byagiye biranga umuryane wagiye uba hagati ya...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC. U Rwanda rwagaragaje ko igitangazamakuru cy'Abongereza cya BBC, gikomeje gusigiriza no kwamamaza umutwe w'iterabwoba wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze jenocide yakorewe...

Read moreDetails

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Auto Draft

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo. Inzego z'ibanze n'abantu bakuze nibo bahawe uwo mushinga wo kugena abazahabwa ubwenegihugu bwa Uganda, ariko bakazabutanga ku bantu bafite inkomoko...

Read moreDetails
Next Post
Uwahoze ari minisitiri w’intebe muri RDC yahamijwe kunyereza akayabo k’amafaranga, bituma akatirwa gufungwa.

Uwahoze ari minisitiri w'intebe muri RDC yahamijwe kunyereza akayabo k'amafaranga, bituma akatirwa gufungwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?