• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

minebwenews by minebwenews
May 29, 2025
in Regional Politics
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Umuyobozi mukuru w’inteko ishinga amategeko y’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa, OIF, Hilarion Etong, yavuze ko icyifuzo ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwasabiye u Rwanda ibihano burushinja uruhare mu bibazo by’u mutekano muke mu Burasizuba bw’igihugu cyabo no gufasha umutwe wa M23, gitandukanye n’uruhare bifuza kugira mu kugera ku gisibizo kirambye.

Iki gisubizo uru rwego rwa OIF rwagitanze nyuma y’aho inteko ishinga amategeko y’uyu muryango abayigize baribavuye mu ruzinduko bagiriye i Kinshasa n’i Kigali mu minsi mike ishize, ni mu gihe urwo ruzinduko rwari rugamije gushaka ubufatanye muri ibyo bihugu.

Ubwo bari muri urwo ruzinduko bahuye n’abagize inteko ishinga amategeko ndetse n’abamwe mu bayobozi b’ibyo bihugu bafite ububanyi n’amahanga mu nshingano na sosiyete sivili.

I Kinshasa, ubwo iyi nteko ya Francophoniies yahageraga yahawe icyifuzo cy’uko yashigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’akanama ku mutekano ka Loni wa 2773 washinjaga u Rwanda kugira uruhare rugaragara mu gufasha umutwe wa M23 no kurusaba gukura ingabo zarwo ku butaka bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo no kurufatira ibihano bikakaye.

Basaba kandi ko OIF yahita isaba M23 guhita ihagarika intambara byako kanya iyo irimo mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kigali mu Rwanda, Hilarion Etong, yagaragaje ko icyifuzo cy’abayobozi batandukanye muri RDC gihabanye n’uruhare bifuza kugira mu gukemura ibibazo by’umutekano muke bafite.

Yagize ati: “Twebwe turi abagize inteko ishinga amategeko. Turabizi ko iyo ngingo ya 2773 imaze igihe kinini ihari. Turamutse tugiye muri uwo murongo, nta gushidikanya ko twahura n’ibindi bibazo. Turi hano kugira ngo dutange ikintu gishya.”

Yakomeje avuga ko badashaka gukuraho ibyo guverinoma zivuga cyangwa ibyo izindi nzego mpuzamahanga zivuga. Avuga ko ibyo bazanye muri iki gihugu ari ijwi ry’abagize inteko ishinga amategeko, kandi ko bazaguma mu rwego rwabo bazi ko bafite ubushobozi bwokuzana igitekerezo cyangwa igisubizo gishobora kunganira ibimaze gukorwa.

Yangeye kandi kuvuga ko ubwo bari mu biganiro n’abayobozi bo muri RDC, abayobozi bayo bagarutse cyane ku ijambo amahoro, avuga ko ni buze byasubiwemo inshuro zirenga 40, yemeza ko ayo mahoro atagerwaho hatabayeho ibiganiro bigamije gukemura ibibazo by’umutekano muke mu buryo burambye.

Yakomeje avuga ko ibiganiro ari byo gisubizo kirambye kuri ibi bibazo by’u mutekano muke bimaze imyaka myinshi mu karere k’ibiyaga bigari.

Uyu muyobozi wa OIF yasoje yibutsa ko gahunda yabo itagamije gukuraho izindi nzira za dipolomasi zisanzweho nk’iyumuryango wa Afrika Yunze ubumwe, gahunda ya Luanda, iya Nairobi, n’izindi nk’ubuhuza bwa Qatar n’ubwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: Icyifuzo cya RDCOIFUmutekanoYeteye ishoti
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila kuja kwe i Goma bivuz'iki kuri iyi ntambara ibera muri RDC, umusesenguzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?