Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2025
in Conflict & Security
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nubwo Tshisekedi ari we uri ku ngoma muri RDC ariko uwo abaturage batoye yamenyekanye.

You might also like

Ingabo za RDC zacitse intege.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Corneille Nangaa uyoboye ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye mu mwaka wa 2018.

Nibyo Nangaa yagarutseho mu kiganiro yagiranye na YouTube Chanel ya Mario Nawfal, yavuze ko Tshisekedi uri ku butegetsi atigeze atorwa kuba umukuru w’iki gihugu kuva mu myaka irenga itandatu ishize, kandi ko ari kuroha RDC mu manga ikomeye.

Nangaa washyize aya makuru hanze, yabaye perezida wa komisiyo y’amatora izwi nka CENI muri RDC kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu 2021. Ni we watangaje ko Tshisekedi yatsinze amatora yo mu mwaka wa 2018 ku majwi 38,56%, akurikirwa na Martin Fayulu wagize 34,82%.

Muri iki kiganiro umunyamakuru yabajije Nangaa niba atari we wafashije Tshisekedi kuja k’u butegetsi, nawe asubiza ko kwibira amajwi Tshisekedi byagizwemo uruhare n’inzego zitandukanye za Leta ya Congo n’umuryango mpuzamahanga.

Uyu muyobozi mukuru wa AFC/M23 yasobanuye ko abari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye, Monusco, na bo babigizemo uruhare runini mu guha Tshisekedi intsinzi.

Yagize ati: “Barabyemeye bose, kandi bavuga ko ari bwo buryo bwiza. Ni yo mpamvu navuze ko atari njyewe. Ndetse na Monusco, yabigizemo uruhare runini.”

Ahishura ko Martin Fayulu ko ari we wari watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu mwaka wa 2018. Na we ubwe, Martin Fayulu, aracyabihamya ko ari we watsinze amatora y’ico gihe. Ndetse hari ubwo yigeze gutangaza ko ari we perezida w’iki gihugu ngo nubwo Tshisekedi ari we uriho.

Tags: AmajwiAmatoraMartin FayuluNangaaTshisekedi
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo za RDC zacitse intege.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Ingabo za RDC zacitse intege. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho...

Read moreDetails

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Hatangajwe igikorwa kibi gishobora gukorwa n’abagore ba basirikare, ndetse n’abasirikare ubwabo muri RDC.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka? Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bahawe itegeko rishya rigiye gutuma nta musore uzongera gutekereza kwinjira muri iki gisirikare....

Read moreDetails

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC), ribarizwamo abo mu mutwe wa M23 n'abo mu wa Twirwaneho, bafashe agace...

Read moreDetails

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahinduriye imirimo Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w'i ntara...

Read moreDetails
Next Post
Inyeshyamba zanze gufasha u Burundi kurwanya M23 igisirikare cy’iki gihugu kizigejeje aharindimuka.

Inyeshyamba zanze gufasha u Burundi kurwanya M23 igisirikare cy'iki gihugu kizigejeje aharindimuka.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?